Premier League  : Nicholas Jackson yongeye kurema Chelsea agatima !

Igitego cya mbere cya Nicolas Jackson kuva mu Kuboza kwa 2024  nicyo gihesheje ikipe ya Chelsea intsinzi y’igitego 1-0 imbere ya Everton yongereye  icyizere cyo kuzakina Uefa Champions league umwaka utaha . Ikipe ya Chelsea yari yabanjemo : Sanchez, Caicedo, Chalobah, Colwill, Cucurella, Fernandez (c), Lavia, Madueke, Palmer, Neto, Jackson Abasimbura barimo , Jorgensen, Acheampong, Badiashile, Tosin,…

Read More

Ese Papa Francis wasezeweho bwa nyuma n’imbaga ni muntu ki ku Rwanda ?

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Mata 2025 ,abantu basaga ibihumbi 200 bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Papa Francis ,uyu muhango ukaba watangirijwe ku Mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iherereye i Vatican . Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro no gushyingura Papa Francis witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo abami, abakuru b’ibihugu na za guverinoma n’Abakirisitu Gatolika…

Read More

Santrafurika : Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika buzwi ku izina rya MINUSCA yo kubashimira ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi. Mu bambitswe imidari harimo abo mu matsinda abiri; RWAFPU-1 na RWAPSU, buri tsinda rigizwe n’abapolisi 140, n’abapolisi b’u Rwanda 33 badakorera mu matsinda (IPOs). Ni…

Read More

Umukinnyi uri muri batatu b’ingenzi muri Real Madrid ashobora kudakina umukino wa Barcelona kubera imvune

Rutahiza w’Umufaransa wa Real Madrid ,Kylian Mbappé, ashobora kutabanza mu kibuga cyangwa ntanagaragare ku mukino bafitanye na Barcelona kuri uyu munsi ukaba Finali ya Copa del Rey uteganyijwe ku isaha y’i saa yine z’umugoroba (22:00PM). Real Madrid isanganwe ibibazo by’imvune birimo iby’Umufaransa Eduardo Camavinga, David Alaba bose batagomba kugaragara kuri uyu mukino twirengagije abandi bafite…

Read More

Muhire Kevin yatangaje icyatuma akinira APR FC mu buzima bwe!

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin, yemeje ko Rayon Sports iramutse itemeye kumugumana , ikipe y’Ingabo z’Igihugu (APR FC) ikamwifuza yayerekezamo cyane ko icyangombwa ari imibereho y’umuntu(kwinjiza amafaranga). Ibi byose bikubiye mu kiganiro yaginye n’umunyamakuru Canisius Kagabo , aho yagarutse kuri byinshi harimo n’ibimaze iminsi bivugwa muri Rayon Sports bisa no kwitsindisha kwa bamwe…

Read More

Kapiteni wa Rayon Sports ‘Muhire Kevin’ yagize icyo avuga kuri Khadime na Nsabimana Aimable bavugwaho kwitsindisha

Kapeteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, yahakanye amakuru yavuzwe ko umuzamu wa Rayon Sports Khadime Ndiaye ndetse na myugariro Nsabimana Aimable baba barafashe amafaranga kugirango batange imikino bigamije ko ikipe y’Ingabo z’Igihugu yajya ku mwanya wa mbere. Mu minsi ishize nibwo umuzamu w’Umunya-Senegal Khadime Ndiaye yakuwe mu izamu nyuma yo kumara iminsi atitwara neza haba ku…

Read More

Kigali: Hakomeje inama y’amashami agize Umuryango wa EAPCCO

Kuri uyu munsi tariki ya 24 Mata 2025 ,Ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hakomeje inama y’amashami agize umuryango uhuza abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO organs meeting). Umuryango wa EAPCCO ugizwe n’ibihugu 14 aribyo; u Rwanda, Uganda, Kenya, Tanzania, u Burundi, Ibirwa bya Comores, Ethiopia, Eritrea, Djibouti, Sudani, Sudani y’Epfo,…

Read More

Manchester city ikomeje gutera akajisho ku mukinnyi wifuzwa n’amashitani atukura

Ikipe ya Manchester city yatangaje ko muri iyi mpeshyi itazakomezanya n’umunyezamu wayo Ederson Moraes, aho bivugwa ko Diego Costa ufatira Porto ari mu basimbura bari gutekerezwaho cyane. Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Poritigali yerekanye ubushongore n’ubukaka bwe dore ko amaze imyaka irenga ine ari we ufatwa nka nimero ya mbere mu izamu ry’ikipe ya…

Read More