Gary Neville yaciwe kuri sitade ku mukino wa Nottingham Forest na Chelsea

Gary Neville, wahoze ari myugariro wa Manchester United n’u Bwongereza, yatangaje ko yaciwe kwinjira kuri stade ya Nottingham Forest (City Ground) ku mukino wa nyuma wa shampiyona ya Premier League bazahuriramo na Chelsea ku cyumweru. Neville, usanzwe ari umusesenguzi kuri Sky Sports, yavuze ko yabwiwe n’itangazamakuru rikorana na Sky Sports ko Forest “yamwangiye uburenganzira bwo…

Read More

Barcelona yaciye amarenga y’abakinnyi babiri igiye kugura kuva muri Premier league

Umuyobozi wa siporo (Sporting director) mu ikipe ya Barcelona ‘Deco’ yaciye amarenga ko bashobora kugura Marcus Rashford wa Manchester United na Luiz Diaz wa Liverpool. Ubwo yagarukaga ku bijyanye n’Isoko ry’Igura n’Igurisha rya Barcelona muri iyi mpeshyi igiye kuza, Deco, Yagize Ati “Dushima Luis Diaz na Marcus Rashford nk’abasemababa.” Marcus Rashford yatijwe na Manchester United…

Read More

Ese koko Manchester United yahemukiwe na Amorim ?

Nyuma yo gutungurirwa n’ikipe ya Tottenham Hotspur, ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league, abafana benshi batandukanye b’ikipe ya Manchester United bumvikanye bitotombera bikomeye imikinire n’ imitoreze ikipe yabo yagaragaje mu mukino yatsindiwemo igitego kimwe na Tottenham Hotspurs. Umunyamakuru akaba n’umusesenguzi w’imikino kuri Radiyo BBC, Joe McGrath, yagize icyo avuga ku buryo yabonaga…

Read More

Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelona kugeza mu 2027

Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka we wa mbere muri FC Barcelona, umutoza w’Umudage Hansi Flick yamaze kongererwa amasezerano kugeza mu 2027.  Iyi nkuru yemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe, buvuga ko bwishimiye cyane uko yitwaye kuva yagera i Catalonia asimbuye Xavi Hernandez. Flick yahesheje Barcelona ibikombe bitatu bikomeye: La Liga, Copa del Rey, na Spanish Super…

Read More

Roy Keane yikomye abakinnyi ba Liverpool  nyuma yo kwegukana igikombe

Uwahoze ari kapiteni wa Manchester United, Roy Keane, yamaganye imyitwarire ya Liverpool nyuma yo kwegukana igikombe cya Premier League ku wa 27 Mata, nyuma yaho batsindiye Tottenham ibitego 5-1.  Iyi kipe itozwa na Arne Slot ntiyatsinze imikino itatu yakurikiyeho, aho yatsinzwe na Chelsea na Brighton, ndetse inganya na Arsenal 2-2 n’ubwo yari yatsinze ibitego bibiri…

Read More

Ikipe yo ku mugabane wa Afurika igiye gusinyisha kizigenza Cristiano Ronaldo

Kizigenza Cristiano Ronaldo, aravugwa ku kwerekeza mu ikipe ya Wydad AC yo muri Morocco ku ntizanyo kugirango azayifashe mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika mu kwezi kwa Kamena. Cristiano Ronaldo , kuri ubu ari mu mpera z’amasezerano ye mu ikipe ya Al Nassar muri Shampiyona ya Saudi Arabia(Saudi-Pro…

Read More

Jude Bellingham wa Real Madrid ntazakina imikino ibanza ya Shampiyona itaha

 Umukinnyi wo hagati w’ikipe ya Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Jude Bellingham, arateganyijwe kuzabura byibura ibyumweru bitandatu bya mbere by’umwaka utaha w’imikino bitewe n’uburyo azaba yagiye kubagwa urutugu. Uyu musore w’imyaka 21 amaze igihe ahanganye n’ikibazo cy’urutugu kuva mu 2023, aho yakomerekeye mu mukino wa La Liga ubwo Real Madrid yakinaga na Rayo Vallecano….

Read More

Abafana ba Man United na Tottenham bateje Imvururu muri Espagne mbere y’Umukino wa nyuma wa Europa League

Zirikana gusoma ibi : Mu masaha make mbere y’umukino ukomeye wa nyuma wa Europa League, abafana ba Manchester United na Tottenham bateje imvururu zikomeye mu mihanda ya San Sebastián muri Espagne.  Izi mvururu zabaye ku wa Kabiri nijoro, mbere y’uko aya makipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ahura kuri sitade ya Athletic…

Read More

Perezida wa Rayon Sports yatangaje uko bakiriye imyanzuro ya FERWAFA

Perezida wa Rayon Sports, Thadee Twagirayezu, yatangaje ko banyuzwe n’imyanzuro yafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ku mukino wahagaritswe kubera umutekano muke, ni umukino wari wabahuje na Bugesera FC ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Ubwo yaganiraga na B&B Kigali FM , Perezida wa Rayon Sports yasobanuye uburyo bakiriyemo imyanzuro , Yagize Ati : “Twabyakiriye…

Read More