Kigali : inzobere zirasaba ishyirwaho rya gahunda nshya y’ibikorwa byo kurwanya Imihindagurikire y’Ibihe

Abahanga mu bijyanye n’ibidukikije basabye ko hashyirwaho uburyo bumenya neza akamaro k’imirimo ibungabunga ibidukikije (Green Jobs Assessment Model) mu rwego rwo kunoza ivugururwa ry’intego z’igihugu zo guhangana n’ihindagurika ry’ibihe (NDCs), zifite agaciro ka miliyari $11.  Ibi kandi binagamije ko politiki z’ibidukikije zitakoma mu nkokora isoko ry’umurimo, ahubwo zikabyara amahirwe menshi y’akazi. Muri Mutarama 2025, u…

Read More

Imibare y’abakomerekeye mu karasisi k’intsinzi ya Liverpool ikomeje kwiyongera

Byibuze abantu 47 bahise batangazwa ko bakomeretse ubwo umugabo yashoraga imodoka mu kivunge cy’abishimiraga intsinzi y’igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza. Nyuma y’aho bivuzwe ko imodoka yishoye mu gikundi cy’abanyamaguru bishimiraga intsinzi, polisi yo mu mujyi wa Liverpool, uherereye mu Burengerazuba bw’amajyaruguru y’Ubwongereza yahise ihamagarwa ndetse inahagerera ku gihe. Biravugwa ko umugabo w’imyaka 53, Ari we watawe…

Read More

TRANSFERS : Matheus Cunha agiye kwerekeza muri Manchester United kuri miliyoni 62.5 £

Iby’ingenzi byavuzwe mu nkuru ni : 🚨🇧🇷 𝐁𝐑𝐄𝐀𝐊𝐈𝐍𝐆 | Matheus Cunha (25) to Manchester United. Here we go, reports @FabrizioRomano. ⚡️ £62.5m release claude triggered! ✅ pic.twitter.com/ChOCOfpctf — EuroFoot (@eurofootcom) May 25, 2025 Matheus Cunha, umukinnyi  ukina mu ikipe ya Wolves, ari hafi gutangira ubuzima bushya muri Manchester United nyuma y’aho biteganijwe ko agomba gushyira…

Read More

Umukinnyi w’Amavubi uri mu b’ingenzi ntazagaragara ku mukino wa gicuti na Algeria

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukinira ikipe ya RAAL La Louvière mu Bubiligi, Samuel Léopold Marie Gueulette(Samuel Gueulette) , ntazagaraga ku mukino wa gicuti uzahuza u Rwanda na Algeria. Ni umukino uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025, ukaba uri mu mugambi w’amakipe yombi yo gukomeza kwitegura neza amajonjora yo gushaka itike y’Imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera…

Read More

Umunyarwanda ukinira Luton Town agiye gukinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda izaba ifite imbaraga nshya z’umukinnyi ukinira ikipe ya Luton Town ,Claude Kayibanda, mu mukino wa gicuti uteganyijwe muri uku kwezi kwa Kamena 2025. Ni umukino uzaba ari uwo kwitegura imikino y’Amajonjora y’Imikino y’Igikombe cy’Isi cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika ,Canada na Mexico, uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025. Algeria n’u Rwanda…

Read More

TRANSFERT :  Matheus Nunes na Gibbs-White nk’inkingi fatizo z’ubugurane hagati ya Man City na Nottingham Forest

Matheus Nunes, umukinnyi wo hagati w’Umunya-Portugal ukinira Manchester City, ashobora kwerekeza muri Nottingham Forest mu mpeshyi, mu gihe Man City ishaka kugura Morgan Gibbs-White uri kubengekwa na benshi. Nk’uko amakuru aturuka ku ikipe ya Man City abivuga, biteguye kugurisha Nunes ku mafaranga agera kuri miliyoni £35, nubwo bamuguze miliyoni £53 hadaciye n’umwaka umwe. Kurundi ruhande…

Read More

Ubusesenguzi : Uguhangana gutatu gushobora kuzagena utwara UEFA Champions League hagati ya Inter na PSG

Umukino wa nyuma wa UEFA champions league 2025, ni umwe mu mikino tugomba kwitegamo byinshi birenze ibyo twaba twarigeze kubona mu yindi mikino yabanje. Amakipe ya Paris Saint Germain, na Inter de Milan, ni amakipe afite ubushobozi buhambaye bwo kuba yatwara iki gikombe gifatwa nk’icya mbere gikomeye ku rwego rw’amakipe mato. Mu mukino uteganyijwe mu…

Read More

Mugisha Bonheur yongeye kuzamura idarapo ry’u Rwanda muri Tunisia

Ikipe y’Umunya-Rwanda Mugisha Bonheur uzwi nka ‘Casemiro’ Stade Tunisien yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihuyu muri Tunisia (Tunisian Cup) nyuma yo gutsinda kuri penaliti iya Union Sportive Monastirienne(US Monastir). Ni umukino wabereye kuri Mustapha Ben Jannet Stadium , sitade iherereye mu gace ka Monastir ikanakinirwaho mu busanzwe n’ikipe ya US Monastir. Stade Tunisien yatsinze…

Read More

Dan Burn yongereye amasezerano muri Newcastle United

Dan Burn, myugariro w’ikipe ya Newcastle United, yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe, bisobanura ko azaguma kuri St. James’ Park kugeza mu mpeshyi ya 2027.  Ibi byatangajwe ku mugaragaro na Newcastle United ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yagize umwaka udasanzwe, aho yagaragaye mu mikino 45 mu…

Read More