Umukinnyi uje kumvikana na Rayon Sports yamaze kugera I Kigali mu Rwanda

Myugariro ukomoka mu gihugu cy’burundi agakina ibumoso(Left-Back) , Prince Michel Musore, yamaze kugera I Kigali aho aje kurangizanya n’ikipe ya Rayon Sports kugirango azayikinire umwaka utaha w’imikino. Umwaka wa 2024-2025, wa Shampiyona wasoje bisa nk’aho Rayon Sports nta mukinnyi ukina ibumoso yugarira ifite cyane ko Bugingo Hakim wabonaga urwego rwe ruri hasi ndetse imikino myinshi…

Read More

Ese intsinzi ikomeye ya Paris Saint Germain iza ku mwanya wa kangahe mu ntsinzi ziremereye zaranze finale ya UCL ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, iherutse gukora ibitangaza ubwo yihereranaga Internazionale de Milano maze ikayinyagira ibitego 5, ku busa ibyahise biyifasha gutwara igikombe cya mbere cya UEFA champions league. Gusa ubu ikiri kwibazwa ni aho iyi ntsinzwi igomba kuza gushyirwa ku urutonde rw’intsinzi ziremereye zabayeho mu mateka y’imikino ya nyuma mu bikombe by’i Burayi. Twifashishije…

Read More

Nigeria : Abagera kuri 151 bapfiriye mu myuzure

Byibuze abantu 151 bamaze kwemezwa ko bapfuye nyuma y’imyuzure  ikomeye yibasiriye akarere ka Mokwa mu Ntara ya Niger, mu gihugu cya Nigeria, nk’uko byatangajwe n’Ikigo gishinzwe guhangana n’inkongi n’imyuzure muri ako karere (NSEMA).  Umubare w’abapfuye wazamutse cyane ugera ku bantu 115 nyuma y’uko imyuzure yibasiye uyu mujyi. Umuvugizi wa NSEMA yabwiye BBC ko amazu arenga…

Read More

NGOMA : Hibutswe imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatandatu tariki 31 Gicurasi 2025, abaturage barenga 8,000 bafatanyije n’abayobozi b’igihugu bitabiriye umuhango  wo kwibuka imiryango 15,593 yazimiye burundu muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Gisozi mu Karere ka Ngoma. Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 imiryango yarimbuwe igashira muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri aka karere, hanunamiwe…

Read More

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’umutoza wayo !

Manchester United yatangaje ko yatandukanye n’uwayitozaga gutera no gutsinda imipira y’imiterekano (set pieces), witwa Andreas Georgson, nyuma y’uko iyi kipe yasoje Premier League iri ku mwanya wa 15. Georgson, w’imyaka 43, yaje muri Manchester United mu mpeshyi y’umwaka ushize avuye mu ikipe yo muri Noruveje yitwa Lillestrom. Yagiye ashyigikirwa cyane na Jason Wilcox, umuyobozi w’abatoza…

Read More

Barcelona yashyize umucyo ku byo kuzana Luis Diaz cyangwa Marcus Rashford!

Ikipe ya Barcelona yamaze kugaragaza ko izagura Luis Diaz wa Liverpool byakunda ikazana na Marcus Rashford mu gihe Manchester United yakwemera kumutanga ku ntizanyo. Hari hamaze iminsi hari urujijo kuri ibi, cyane ko bisa nk’ibigoye ko Barcelona aba basore bombi yabagura icyarimwe, amakuru akemeza ko umukinnyi Barcelona yifuza ari Luis Diaz mu gihe Rashford we…

Read More

N’imyaka 40 nzayigeza nkiwukina – Mohammed Salah

Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza yatangaje ko yiyumvamo gukina akageza ku myaka 40, ndetse yongera no gushimangira ko hari amakipe atandukanye ari kumwifuza mu gihugu cya Arabiya Sawudite. Uyu munya-Misiri w’imyaka 32, yagize umwaka mwiza w’imikino dore ko yabashije gutsinda ibitego 29, ndetse agatanga imipira 18, yavuyemo…

Read More

Bryan Ngwabije yasinyiye indi kipe yo mu Bufaransa!

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Bryan Clovis Ngwabije, yasinye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe nshya yazamutse mu cyiciro cya kane mu Bufaransa, FC Dieppe. Ngwabije w’imyaka 26 yakiniraga Blois Foot 41 muri icyo cyiciro mu mwaka ushize w’imikino, aho yakinnye imikino 25 ya shampiyona.  Iyi kipe ye yarangije ku mwanya wa 6 n’amanota 40. Uyu mukinnyi…

Read More