Taddeo Lwanga yasezeye, amerekezo ye ni ayahe?
Umusore ukomoka mu gihugu cya Uganda, Taddeo Lwanga yamaze gusezera mu ikipe ya APR FC nyuma yo gusoza amasezerano ye y’imyaka biri muri iyi kipe. Bikubiye mu butumwa uyu mukinnyi yanyujije ku mbugankoranyambaga ze kuri uyu wa Gatanu wa tariki 13 Kemana 2025 , nyuma y’uko ikipe ya APR FC itari ifite gahunda yo kumwongerera…