Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…