Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…

Read More

Ikipe yo mu Butaliyani irasaba ko yasubikirwa umukino nyuma yuko abakinnyi n’abatoza bayo bose barwariye icyarimwe

Nyuma yo kuva gukina umukino ubanza batsinzwemo n’ikipe ya Sampdoria, ibitego bibiri ku busa ubuyobozi bw’ikipe ya Salernitana, bwasabye ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago mu Butaliyani ko umukino wo kwishyura wasubikwa ahanini bitewe n’icyo bise amarozi cyatumye abakinnyi n’abakozi b’ikipe barwara bikomeye. Amahirwe yo kuba ikipe ya Salernitana, yaguma mu cyiciro cya kabiri(serie B) yakomwe…

Read More

FIFA Club World Cup : Nyuma yo kubona rutahizamu  ;Chelsea FC yizeye gutwara igikombe

Umutoza  wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe ayoboye yiyemeje gutwara igikombe cya FIFA Club World Cup,kubera ko yizeye cyane rutahizamu mushya Liam Delap. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza yasinyiye Chelsea muri Kamena 2025 avuye muri Ipswich Town, aho biteganyijwe ko azahangana na Nicolas Jackson ku mwanya wa nimero 9. Maresca yahishuye ko yizeye ubushobozi…

Read More

Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Fatakumavuta yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’igice nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitatu

 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahanishije igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu ndetse n’ihazabu ya miliyoni 1.3 Frw umusangiza w’amashusho (vlogger) Jean-Bosco Sengabo, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Fatakumavuta, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo guharabika, gukwirakwiza ibihuha no gukoresha ibiyobyabwenge. Mu byaha bitanu yari akurikiranyweho, urukiko rwamuhanaguyeho bibiri: ivangura n’icyaha cyo gusuzugura abantu mu…

Read More

Byinshi kuri ‘Super Ballon d’Or’ igiye kongera guhanganisha Messi na Cristiano

Ikinyamakuru cy’Abafaransa gitegura ibirori bitangirwamo igihembo cya Ballon d’Or ku mukinnyi uba waritwaye neza ku isi mu gihe kingana n’umwaka w’imikino, giherutse guca amarenga ko gishobora kongera gutanga igihembo cya Super Ballon d’Or ku nshuro ya Kabiri mu mateka. Igihembo cya Ballon d’Or gisanzwe cyatangiye gutangwa mu mwaka 1956 mu gihe iyi ya ‘Super Ballon…

Read More

Brazil na Argentine zirimo, amakipe amaze kubona itike y’igikombe cy’isi cya 2026

Ikipe y’igihugu ya Brazil iherutse gutsinda iya Paraguay igitego kimwe ku busa(1-0), bituma ibona itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibihugu ibihugu bimaze kubona itike yo kuzakina igikombe cy’isi cya 2026! Africa: Amakipe 53 n’iyo yitabiriye imikino yo gushaka itike y’igikombe…

Read More