senegal : byibuze abantu 17 basanze bapfuye nyuma yuko ubwato barimo burohamye

Ingabo zirwanira mu mazi za Senegale, kuri uyu wa kabiri, zabonye indi mibiri 17 y’abantu bari mu bwato bwari butwaye abimukira bwarohamye ku nkombe, bituma umubare w’abapfuye ugera kuri 26. Imyaka y’amakimbirane mu karere ka Sahel, ubushomeri n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere ku baturage b’abahinzi, ni zimwe mu mpamvu zituma abantu bagerageza kwambuka inyanja. Ubwato buto bw’abarobyi…

Read More

Nigeria : leta yabujije abaturage gukomeza gukoresha icyiswe ‘amazi y’umugisha’

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kwemeza imiti (NAFDAC) cyaburiye abantu kutagura ibicuruzwa by’”igitangaza” bikorwa n’itorero rya gikristu ry’umuvugabutumwa ubwiriza no kuri televiziyo, Jeremiah Fufeyin. Itangazo ry’ikigo NAFDAC ryanavuze ko itorero Christ Mercyland Deliverance Ministry ry’umuvugabutumwa Fufeyin ririmo kugurisha ibyo bicuruzwa nubwo nta ruhushya ryabiherewe n’icyo kigo.cyavuze ko ibyo bicuruzwa – bifite amazina arimo nk’”amazi y’igitangaza” n’”amazi…

Read More

RIB yerekanye Agatsiko ka abajura kiba amafaranga y’abaturage kuri Telefoni

Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 /Nzeri /2024 ,Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [RIB] rwerekanye abasore bagera kuri 45 ,RIB ivuga ko ari agatsiko k’abajura bibaga abaturage biciye kuri mobile money. Ku bufatanye bwa RIB na Polisi y’igihugu herekanywe agatsiko k’abajura 45 biyita “Abameni”, bibaga bakoresheje ubushukanyi bakiba abantu amafaranga cyane cyane kuri Mobile Money. Umuvugizi…

Read More

Nigeria : Abagera kuri 48 bapfiriye mu mpanuka y’iturika ry’imodoka yari itwaye ibikomoka kuri Peteroli

Ikigo gishinzwe ubutabazi cyatangaje ko ikamyo yari itwaye lisansi yagonganye n’indi kamyo muri Nijeriya, itera iturika ryahitanye nibura abantu 48. Ku cyumweru, Abdullahi Baba-Arab, umuyobozi mukuru w’ikigo cya Leta gishinzwe imicungire y’ibiza cya Nigeriya. Yavuze ko ibikorwa byo gushakisha no gutabara biri gukorwa aho impanuka yabereye.Baba-Arab yanavuze ku ikubitiro ko habonetse imirambo 30. Ariko mu…

Read More

Nyuma yo kunyagira Bénin ; Nigeria yageze i Kigali

Ikipe y’igihugu ya Nigeria “Super Eagles” yamaze kugera mu Rwanda ije gukina n’Amavubi. Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere saa 15h00, izitoreza muri stade Amahoro aho umukino uzabera. Amavubi nayo kuri iyo saha azaba ari kwitoreza ku kibuga cy’imyitozo cya Stade Amahoro. Ikipe y’Igihugu ya Nigeria iri kwitegura Amavubi, yatsinze iya Bénin ibitego 3-0 mu…

Read More

Rebecca Cheptegei uherutse gupfa yahawe icyubahiro mu mikino Paralympike ya Paris 2024

Ifoto ya Rebecca Cheptegei yagaragaye kuri ecran nini nyuma yimikino ya marato yaberaga mumikino yabamugaye yabereye i Paris mu rwego rwo guha icyubahiro umukinnyi wo muri Uganda wapfuye nyuma yo gushirwa muri peteroli agatwikwa numukunzi we muri Kenya. Ku cyumweru, abarebaga iyi mikino bakomeye amashyi ifoto ya Cheptegei, witabiriye isiganwa ry’imikino Olempike y’i Paris.Cheptegei yapfuye…

Read More

Menya imikorere ya Isange One Stop Centre na serivisi itanga [EXPLAINER]

Isange One Stop Centre ni ikigo cyatangijwe ku gitekerezo cya Nyakubahwa Jeannette Kagame mu mwaka 2009 nyuma y’uko bigaragaye ko ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana byiyongeraga ndetse n’abarikorewe ntibabone ubutabazi bw’ibanze bwihuse n’ubutabera buboneye. Iki kigo cyatangiriye imirimo yacyo muri Polisi y’Igihugu kigamije guhuriza hamwe serivisi zose uwahohotewe akenera hatabayeho gusiragira ashaka ubufasha…

Read More