Ubundi bushakashatsi bwerekanye byinshi utaruzi ku ngangi n’inguge!

Abashakashatsi bo muri Gabon bavuga ko ingagi zivura ubwazo zishobora kuba zifite ibintu bishobora gufasha kugera ku buvumbuzi bw’imiti mu gihe kiri imbere. Gabon ni igihugu gifite amashyamba manini cyane ataravogerwa cyane abamo inzovu, inguge n’ingagi, n’ibimera byinshi abahanga muri siyanse batazi.Ubushimusi n’indwara byatumye umubare munini cyane w’ingagi zikunze kuba ahantu h’isi ngufi (‘western lowland…

Read More

Asia : Afghanistan yatangiye kubaka umuyoboro utwara peteroli uhuriweho n’ibindi bihugu birimo ubuhinde

Afuganistani na Turkmenistani byasubukuye imirimo yo kubaka umuyoboro utwara peteroli wari umaze igihe kinini waradindiye. Uyu muyoboro uzanyura mu bihugu byombi unyure no muri Pakistani n’Ubuhinde. Ministri w’Intebe Mohammad Hassan Akhund uyoboye leta y’Abatalibani muri Afuganistani yagiye ku mupaka w’icyo gihugu na Turkmenistani kwifatanya n’abategetsi b’icyo gihugu gutangiza ku mugaragaro iyubakwa ry’uwo muyoboro uzahuza umujyi…

Read More

Lael Wilcox  yaciye agahigo ko kuzenguruka isi ari ku igare mu gihe gito gishoboka

Umunyamerikakazi witwa Lael Wilcox   yaciye agahigo ko kuzenguruka isi vuba kurusha abandi ari kw’igare aho yakoresheje iminsi 108, amasaha 12 n’iminota 12 mu kunyonga 29,169km, ahereye kandi agasoreza mu mujyi wa Chicago wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika . Wilcox yakuyeho umuhigo wo mu 2018 wari ufitwe na Jenny Graham wo muri Scotland wakoze urwo…

Read More

KIREHE: Babiri bafashwe batwaye mu modoka magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe, yafashe abagabo babiri bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace, amabalo arindwi y’imyenda ya caguwa, bari binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana, yavuze ko gufatwa kw’ariya mabalo byaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage. Yagize…

Read More

Umusifuzi uzasifura umukino wa APR Fc na Pyramids Fc ni umucungamutungo akanamurika imideli !

Daniel Nii Ayi Laryea umusifuzi mpuzamahanga w’umunya-Nigeria uzasifura umukino wa APR Fc na Pyramids Fc yo mu misiri muri CAF Champions League ni umucungamutungo akanamurika imideli , menya byinshi kuri uyu mukinnyi. Umusifuzi w’Umunya Ghana Daniel Nii Ayi Laryea wavutse mu 1987 niwe uzakiranura APR FC na Pyramids kuwa 6 kuri stade Amahoro 18h mu…

Read More

Uwahoze ari umutoza wa Chelsea yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’Amerika y’umupira w’amaguru

Uwahoze ari umutoza wa Chelsea, Mauricio Pochettino, yagizwe umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abagabo ya Amerika (USA), nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Muri Gicurasi, Pochettino watandukanye n’ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza ikina Premier League nyuma y’umwaka w’imikino yari ayimazemo , azakomeza kuyobora ikipe y’igihugu ya Leta zunze…

Read More

RIB yamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego bishinjwa Pasiteri Ntambara n’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwavuze ko rwamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego kiregwamo Pasiteri Ntambara Felix wahoze afite inshingano mu Itorero rya Zion Temple, ndetse ikaba yaramaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mukozi w’Imana watawe muri yombi aregwa hamwe n’umugore we ariko we ukurikiranywe adafunzwe, bishingiye ku kuba baragiye muri Hoteli imwe yo mu Mujyi wa Kigali, bakamarayo…

Read More

DRC : Hari icyoba cyo kwandura ubushita bw’inkende mu bagize urwego rw’ubuzima rw’iki gihugu

Abaganga bo muri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo batangaje ko bifuza cyane ko inkingo zibageraho kugira ngo bashobore guhagarika ikigero cy’abantu bashya bandura. kuri ubu iyi indwara yandura cyane ndetse imaze kwica abantu nibura 635 muri DR Congo uyu mwaka.Mu kigo cy’ubuvuzi cyo mu ntara ya Kivu y’Epfo BBC dukesha iyi nkuru yasuye, muri…

Read More