Imbere y’abakunzi bayo ;Apr fc iguye miswi na Pyramids yo mu misiri

Mu kanya gashize Kuri Sitade Amahoro, ikipe ya Apr FC imaze kunganya na ekipe ya Pyramids igitego kimwe kuri kimwe mu mukino ubanza w’injojora ry’ibanze w’irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo rizwi nka TOTAL CAF CHAMPIONS LEAGUE . Ni umukino wari wahuruje imbaga y’abakunzi ba ekipe y’ingabo z’igihugu ndetse n’ab’umupira w’amaguru muri rusange…

Read More

Uganda : Rebecca Cheptegei yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we

Abantu babarirwa mu bihumbi bateraniye mu burasirazuba bwa Uganda gushyingura Rebecca Cheptegei wasiganwaga mu kwiruka ‘marathon’, watwitswe n’umugabo wahoze ari umukunzi we, na we waje gupfa. Gahunda yo kumushyingura kuri uyu wa gatandatu yatangiranye n’igikorwa cyo kumwibuka cy’abategetsi bo mu karere ka Bukwo, aho Cheptegei avuka. Cyabereye ku kibuga cy’ishuri. Cheptegei yahawe ibyubahiro byuzuye bya…

Read More

Ngoma: Gitifu arashinjwa kunyereza imisanzu ya Mutuelle de Sante y’abaturage

Gitifu w’Akagari ka Rujambara mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma, uherutse kuvugwaho gusaba no kwakira indonke mu abaturage kugira ngo abahe serivisi, noneho hari abamuvugaho kuba baramuhaye imisanzu ya Mutuelle de Sante ngo ayibishyurire, ariko ntayitange.  Nyiracumi Alphonsine ushinjwa ibi byaha ,Abaturage bavuga ko yabahemukiye nubwo avugwaho kuba yeguye, bamwe mu bagize ikimina…

Read More

Dore icyo Gen.MK Mubarakh MUGANGA yaganirije abasore ba APR FC mbere yo gucakirana na Pyramids

Gen.MK Mubarakh MUGANGA usanzwe ari Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, yasuye APR FC mu myitozo ibanziriza iya nyuma yo kwitegura umukino uzayihuza na Pyramids FC mu ijonjora rya kabiri ryo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo [TOTAL CAF CHAMPIONS LEAGUE]. Ni imyitozo yakorewe muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya…

Read More

Ronaldo arasaba Manchester United kubaka byose ahereye hasi

Cristiano Ronaldo yatangaje ko ikipe ye yahozemo yitwa Manchester United igomba kongera kubaka byose ihereye hasi kugeza ku gasongero niba bashaka kongera guhatanira imwanya y’imbere mu mupira w’amaguru. Uyu mukinnyi ukomoka mu gihugu cya Porutugali w’imyaka 39 yegukanye ibikombe bitatu bya Premier League, Champions League ndetse n’ikamba ry’igikombe cy’isi cy’amakipe [Clubs] muri United kuva 2003-2009…

Read More

‘Kimwe cya kabiri cy’umujyi kiri munsi y’amazi’: abarenga Miliyoni imwe bibasiwe n’umwuzure mu majyaruguru ya Nijeriya

Umwuzure ukabije wibasiye uturere twose dutuye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nijeriya, wimura abantu ibihumbi , kandi utuma inyamaswa guhungira mu muhanda. Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 30 bahitanywe n’uyu umwuzure. Icyakora, umubare w’abahitanwa nawo ushobora kwiyongera mu gihe abayobozi bakomeje kwihatira gutabara abandi ibihumbi n’ibihumbi batinya kuva mu ngo zabo. uyu mwuzure wibasiye Leta ya…

Read More

Nyamasheke : umusore yaguwe gitumo arimo asambanya inka

Umusore witwa Enock yasanzwe n’abaturage ari gusambanya inka y’abaturage abanza kwanga kuyivaho bakimubona, aho afatiwe, ntiyaruhanya yemera icyaha, avuga ko yumvaga ashaka imibonano mpuzabitsina kandi atabona umukobwa wamwemerera ku buntu kandi nta mafaranga yari afite ,ibi bikaba byabereye Mu murenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba . Ndikumana Enock yasanze yakuyemo ipantalo,…

Read More