Menya byinshi ku mirongo y’umuhondo inyuranamo ishyirwa mu masangano [ explainer]

Mu mihanda yo mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, ahakunze kubera umuvundo w’ibinyabiziga hatangiye gushyirwamo imirongo y’umuhondo inyuranamo izwi ku izina rya ‘Yellow Box’. Iyi mirongo iba izengurutswe n’undi murongo w’umuhondo ukoze ishusho ya Kare cyangwa urukiramende ishyirwa mu masangano y’umuhanda, igaragaza aho ikinyabiziga kitagomba guhagarara igihe cyose cyageze muri iri shusho. Iyi mirongo…

Read More

RIB yerekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo n’izikosha akayabo

 kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024 RIB yerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bishingiye ku bujura bw’imodoka bakoreshaga amayeri atandukanye, aho enye zafashwe zasubijwe ba nyirazo. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwatangaje ko aba bantu bibaga izi modoka bakoresheje amayeri atandukanye, ubundi bakazigurisha abandi bantu bakoresheje ibyangombwa by’ibihimbano. Aba bantu…

Read More

UEFA Champions League 2024-25: Gahunda yose y’irushanwa, abakinnyi bo guhanga amaso ndetse n’ubusesenguzi bwimbitse ku isura nshya y’iri rushanwa

Isura nshya ya UEFA Champions League 2024-25 yagarutse .Bwa mbere mu mateka y’iri rushanwa, amakipe 36 azitabira iri rushanwa rikomeye rihuza amakipe yo mu Burayi ryubatse mu buryo amakipe akomeye yo ku mugabane w’iburayi ahura kenshi. Kugeza ku nshuro yayo ya 2023-24, Champions League yagaragaramo amakipe 32 agabanijwe mu matsinda umunani agizwe n’amakipe naho amakipe…

Read More

Premier League vs Manchester City: Manchester City iratangira kwiregura ku Ibirego 115 ishinjwa

Byategereje igihe kirekire, ariko iburanisha ryigenga ryerekeye Manchester City ku birego 115 bivugwa ko yarenze ku mategeko y’imari ya Premier League riratangira. Mu ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko ari “igeragezwa rya siporo yo mu kinyejana”, komisiyo y’abantu batatu baratangira kuri uyu wa mbere kugira ngo ishakishe ibimenyetso bifatika mu gihe cy’ibyumweru 10 biteganijwe ko…

Read More

Rusizi : RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanyiriza umukobwa mu cyumba cy’isuzumiro

Umuganga w’umugabo w’imyaka 29 wakoraga ku Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kubwo gukekwaho gufata ku ngufu umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye ubwo yari ari mu cyumba cy’isuzumiro. amakuru agera ku kinyamakuru Daily Box avuga ko uyu mukobwa yavuze…

Read More

Nigeria : Abahinzi 40 bapfiriye mu impanuka y’ubwato barimo bwarohamye

Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 40 barohamye kandi birakekwa ko bapfuye nyuma yuko ubwato bwabo bwarohamye ku ruzi ruherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nijeriya. Ku wa gatandatu, ubwato bw’ibiti bwatwaraga abahinzi barenga 50 mu mirima yabo hakurya y’umugezi hafi y’umujyi wa Gummi muri leta ya Zamfara bwarohamye, nk’uko umuyobozi waho yabitangaje ku cyumweru. Na’Allah Musa,…

Read More

 Rubavu : umugore w’imyaka 37 y’amavuko, yafatanywe amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu Karere ka Rubavu, umugore w’imyaka 37 y’amavuko, wari ufite amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza,  uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure…

Read More