Burera : abatuye Ikirwa cya Kirwabatutsi barasaba gufungurirwa insengero
Mu Rwanda, abadivantisiti b’umunsi wa Karindwi batuye mu kirwa kizwi nka “Kirwabatutsi” kiri mu kiyaga cya Burera mu majyaruguru y’u Rwanda, baravuga ko kuva bafungirwa urusengero byarushijeho kubaheza mu bwigunge. Uretse amato bakoresha bava cyangwa basubira ku kirwa nta bundi buryo bwo gutwara ibintu n’abantu bugaragara kuri ikirwa. Ibikorwa remezo nabyo ni nka ntabyo ….