Umuhora wa Ruguru wakomeje gahunda yo gushimangira ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro

 Umuryango uhuza ibihugu bigize Umuhora wa Ruguru ushinzwe ubwikorezi (NCTTCA) watangije gahunda y’icyumweru cy’umutekano wo mu muhanda mu Rwanda, hagamijwe guhindura imyitwarire y’abakoresha umuhanda cyane cyane abamotari n’abanyamaguru. Ni ubukangurambaga buzakorerwa mu bice bitandukanye by’igihugu mu rwego rwo gushimangira gahunda ya Gerayo Amahoro igamije kwibutsa abakoresha umuhanda kuwukoresha mu buryo butekanye, kwita ku binyabiziga byabo…

Read More

Polisi y’u Rwanda yatangije  ubukangurambaga bwo kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro

Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bw’ukwezi bugamije kurwanya gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ku mugabane w’Afurika (AAM2024), bufite intego yo gucecekesha imbunda mu bihugu biwugize. Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari, mu Karere ka Rwamagana, muri gahunda y’icyerekezo cy’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe cy’amahoro n’umutekano birambye ku mugabane by’umwihariko bishingiye ku…

Read More

OMS iratangaza ko abarenga 30000 bakekwa kuba baranduye Ubushita bw’Inkende Muri Afurika

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, rivuga ko kugeza ubu muri uyu mwaka, muri Afurika hatangajwe abantu hafi 30.000 bakekwaho indwara y’ubushita bw’inkende. Abenshi muri abo ni abo muri Repuburika ya demokarasi ya Kongo aho ibipimo by’iyi ndwara byashize, nk’uko OMS yabitangaje kuri uyu wa mbere. Iri shami rya ONU ryongeyeho ko abantu barenga…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : U Rwanda rwahawe kwakira shampiyona y’isi y’amagare ya 2025

2021 Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 23 Nzeri 2021, nibwo impuzamashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), yemeje ko u Rwanda ruzakira shampiyona y’isi y’umukino w’amagare mu mwaka wa 2025, iri rushanwa rikazaba ribaye irya mbere ribereye ku mugabane wa Afurika. U Rwanda ruhawe kwakira iri rushanwa nyuma yaho hari…

Read More

KNC ngo ntagisibya Rayon sports agomba kuyiraba ivu!

Kakooza Nkuliza Charles wamamaye nka KNC, umushoramari yatangaje ko ntagisibya ndetse ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro Urubuga rw’Imikino cyo kuri Radio Rwanda, aho yasobanuraga ibijyanye n’imyiteguro y’uyu mukino ndetse n’ibikorwa by’imyidagaduro bizawuherekeza. Perezida w’ikipe ya Gasogi…

Read More

Akamaro k’ubuhinzi burengera ibidukikije mu iterambere rirambye ntabwo gashobora kwirengagizwa : Dr. Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente wayoboye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri barangije mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi bitangiza ibidukikije RICA, yavuze ko icyerekezo 2050 kitazagerwaho bitagizwe uruhare n’ubuhinzi bugezweho. Dr Ngirente yabivugiye kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, ubwo yatangaga impamyabumenyi abanyeshuri 81 barangije muri iri Shuri RICA ku nshuro ya kabiri. Minisitiri…

Read More

Jean Bosco Ntagungira uherutse kugirwa Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yatangiye inshingano ze

Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare, Jean Bosco Ntagungira yagiye gutangira inshingano aherutse guhabwa n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Musenyeri Ntagungira yerekeje i Huye, aherekejwe n’abakristu babanaga muri Arikidiyosezi ya Kigali. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francisco, yagennye Padiri Jean Bosco…

Read More

Gen. Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura imihigo bagiranye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura imihigo bagiranye bagasezerera ikipe ya Pyramids kuko ari cyo abakunzi b’Inkotanyi babategerejeho. Uyu Muyobozi w’ Icyubahiro w’iyi lkipe y’Ingabo z’Igihugu na we yavuze ko ubuyobozi bwiteguye gukora ibyo bwabasezeranyije anabibutsa ko intsinzi ari yo ntego. kuri wa Kabiri tariki 17…

Read More