Rayon Sports ikomeje kwiyubaka
Mu rwego rwo kwitegura neza umwaka w’imikino wa 2025/2026, ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka, aho ikomeje kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga hagamijwe kongera imbaraga mu mikinire yayo. Muri abo bakinnyi bashya iri gutegura kwakira harimo Mohamed Chelli na Rayane Hamouimeche. Mohamed Chelli ari mu bakinnyi bitezwe i Kigali Nk’uko amakuru abyemeza, Mohamed Chelli, w’Umunya-Tunisia, ari mu…