Inyoni 10 nini kurusha izindi mu Muryango w’inyoni z’Inkazi ku isi

Mu bya siyansi by’inyoni (ornithology), ijambo “igishenzi” cyangwa “inyoni y’inkazi” risobanura inyoni ifite amaso areba kure cyane, inzara zikomeye ndetse n’umunwa unyerera umwe ushobora kurandura inyama mu mubiri w’inyamanswa runaka. Uyu munsi mu kiganiro ubumenyi bw’isi Dailybox, yaguteguriye ikiganiro kivuga kuri zimwe mu nyamaswa z’ inkazi zizwiho gutungwa n’izindi (prey), tukaba twaguteguriye urutonde rw’inyoni 10,…

Read More

EXPLAINER : Dore inzara zikomeye zabayeho mu mateka y’isi

Rimwe na rimwe biba byiza iyo usubiye inyuma ukamenya amateka meza ndetse ntiwibagirwe n’ashaririye y’igihugu cyawe. Akenshi kandi biba byiza iyo amwe muri ayo mateka asigasiwe cyangwa akabungwabungwa mu buryo bwiza dore ko bifasha benshi kumenya imizi y’ibyo babona uyu munsi bityo bakitanga ndetse bakanirinda ko bimwe mu bibi byakongera kubagwirira. Mu kiganiro ubumenyi bw’isi,…

Read More

Ni muntu ki ? (Anderson Oliveira)

Ni umwe mu bakinnyi 11 bakomoka mu gihugu cya Brazil babashije gukina ndetse bakanigaragaza cyane mu ikipe ya Manchester United. Kuva avukiye i Porto Alegre muri Brazil, n’uburyo yazamukiye mu ikipe ya Grêmio, kugeza asezeye kuri ruhago muri 2020, byose biraba bikubiye muri iyi nkuru. Uyu munsi ikinyamakuru Dailybox, cyaguteguriye inkuru ivuga kuri bimwe mu…

Read More

Menya imikorere y’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

N’ubwo u Rwanda ari igihugu kidakora ku nyanja, gifite ibiyaga, inzuzi n’imigezi biri hirya no hino, bigizwe n’amazi yifashishwa mu buryo butandukanye burimo ingendo, uburobyi, ubukerarugendo, ubushakashatsi n’ibindi, bikenera ingamba zihoraho kugira ngo bikorwe mu ituze n’umutekano.  Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) gitangaza ko ubuso bw’igihugu bungana na kilometero…

Read More

Dore urutonde rw’imijyi 10 ifite ubuzima buhenze ku isi

Buri mwaka imbuga zitandukanye zikora ibijyanye n’ibarura ndetse n’igenamigambi, ntizisiba kugereranya imwe mu mijyi yihagazeho mu bijyanye n’ubutumbagire bw’ibiciro ku bihagurishirizwa. Nubwo ibi biri tukwereka, byatangajwe n’ubushakashatsi bwo mu myaka 2 ishize, imibare iracyari hejuru cyane ugereranije na kera ubwo ibi bitabashaga kuba byakwerekanwa. Umujyi wa Singapore muri Aziya n’uwa Zurich wo mu Busuwisi, niyo…

Read More

Ni muntu ki ? Dore byinshi utari uzi ku mateka y’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa

Nkuko musanzwe mubimenyereye mu nyandiko n’ibiganiro bitandukanye by’ubumenyi bw’isi tubagezaho, uyu munsi twaguteguriye amateka y’umwe mu bikomerezwa mu bijyanye na muzika ya gakondo nyarwanda, aho tugaruka ku buzima, imibereho, urukundo rwe kuri muzika no guteza imbere igihugu bikomeje kuranga umunyabigwi Cecile Kayirebwa dore ko uyu azwi na benshi mu Rwanda. Izina Kayirebwa Cécile, ni izina…

Read More

Dore ibihugu bimaze kwegukana igikombe cy’isi inshuro nyishi kurusha ibindi

Igikombe cy’isi ni irushanwa rifatwa nk’irya mbere mu marushanwa yose ya ruhago yitabirwa ku isi ndetse rikaba rinahagararirwa n’ibihugu bitandukanye kuri buri mugabane impamvu iri mu zituma riza ku gasongero mu marushanwa yisangwamo na benshi. Iri ni irushanwa rimaze gukinwa inshuro 22, aho iriheruka ryo muri 2022, ryabereye mu gihugu cya Qatar. Kuva ritangiwe gukinwa…

Read More

Icuruzwa ry’abantu nka verisiyo nshya y’ubucakara ku isi – UN

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi byaha (UNODC) rivuga ko icuruzwa ry’abantu rifatwa nk’uburyo bugezweho bw’ubucakara ndetse no gushakira inyungu ku bandi. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’umurimo (ILO) bwo muri 2017, bwagaragaje ko iki cyaha cyagize ingaruka mu buryo butandukanye ku bagore, abagabo n’abana bangana na miliyoni 24.9 ku isi hose. Itegeko nimero 51/2018 ryo…

Read More

Menya byinshi ku mikorere y’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi

Inkongi z’umuriro ziri mu biza bikunze kwibasira abantu kenshi, imitungo yabo ikahatikirira, zikavutsa benshi ubuzima abandi zikabasigira ubumuga bwa burundu. Mu rwego rwo guhangana nazo ndetse n’ingaruka zazo, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), benshi usanga badasobanukiwe imikorere yaryo, aribyo tugiye kugarukaho, kugira ngo mumenye amavu n’amavuko n’imikorere…

Read More