Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda rukomeje umugambi  wo gukaza ingamba z’umutekano

Perezida Kagame yatangarije abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC ko u Rwanda ruzakomeza gukaza ingamba zo kwicungira umutekano kumipaka iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yahuje abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika (EAC) na SADC, Perezida Paul Kagame Yavuze ko mu rwego rwo kwicungira umutekano, u Rwanda rwafashe…

Read More

Bugesera :Polisi yakanguriye abakoresha umuhanda gukomeza kwirinda ibiteza impanuka

Ku munsi wejo ku wa Mbere tariki ya 24 Werurwe , Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abanyonzi n’abamotari gushyira imbere ubuzima bwabo n’ubw’abandi basangiye gukoresha umuhanda. Ni mu bukangurambaga, mu muhanda mushya wa kaburimbo uhuza uturere twa Bugesera na Nyanza. Aba bakoresha umuhanda bigishijwe imikoreshereze y’umuhanda inoze, basabwa kubahiriza ibyapa biwugize mu rwego rwo kwirinda…

Read More

Ituri : FARDC na UPDF bemeje iby’ubufatanye mu guhashya imitwe yitwaje intwaro

Ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’igihugu za Repubulika iharanira Demokarasi (FARDC) bwatangaje ko burimo kwitegura gutangiza igikorwa gihuriweho n’ingabo za Uganda UPDF cyo kurwanya imitwe yose yitwaje intwaro ikorera muri Ituri. Aya makuru yahamijwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa FARDC ushinzwe ibikorwa by’ubutasi,  Jenerali Jacques Ychaligonza Nduru, wabitangarije itangazamakuru ubwo yari i Bunia ku munsi wo ku wa…

Read More

Rusizi : Abakorerabushake basabwe kurangwa n’ibikorwa by’intangarugero

Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’urubyiruko rw’abakorerabushake bikorera muri Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe 2025, byatangije ubukangurambaga bw’urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth Volunteers) mu bikorwa bigamije gukumira ibyaha no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage buzamara ibyumweru bibiri bukorerwa hirya no hino mu gihugu. Hazakorwa ibikorwa bitandukanye bihuza urubyiruko rw’abakorerabushake byo gufasha mu…

Read More

Ni muntu ki ? Dore byinshi utari uzi ku mateka y’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa

Nkuko musanzwe mubimenyereye mu nyandiko n’ibiganiro bitandukanye by’ubumenyi bw’isi tubagezaho, uyu munsi twaguteguriye amateka y’umwe mu bikomerezwa mu bijyanye na muzika ya gakondo nyarwanda, aho tugaruka ku buzima, imibereho, urukundo rwe kuri muzika no guteza imbere igihugu bikomeje kuranga umunyabigwi Cecile Kayirebwa dore ko uyu azwi na benshi mu Rwanda. Izina Kayirebwa Cécile, ni izina…

Read More

Kayonza: Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibiro 30

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yatangaje ko yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibiro 30,  rwafatanywe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko. Uyu mugabo ayfashwe aruhetse kuri moto yo mu bwoko bwa TVS, ifite nimero RG 852 V, mu murenge wa Kabare, akagari ka Rubumba mu mudugudu wa Gakenyeri, ahagana saa…

Read More

Iby’amafaranga si ikibazo ku bashaka kujya kwiga mu Bushinwa n’Ubutaliyani !

Kuri iyi isi hariho uburyo butandukanye bwo kugera ku nzozi zawe z’iterambere wifuza no kugira ejo hazaza heza kandi uburezi bufite ireme ni inkingi y’iterambere rirambye ibyo bijyana naho bwatangiwe . Global linked Education services [ Gles], ikigo kizwi giha abanyeshuri amahirwe yo kwiga muri za kaminuza zikomeye ku isi, kinabagezaho amahirwe adasanzwe yo kubona…

Read More

Minisitiri wa MINALOC yitabiriye umuhango wo kwicaza mu ntebe umwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Nyundo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, yitabiriye ibirori byo kwicaza mu ntebe y’Ubwepiskopi, Kabayiza Louis Pasteur, watorewe kuyobora Diyosezi ya Shyogwe mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda . Kuri iki cyumweru nibwo Umuyobozi wa Anglikani mu Rwanda, Laurent Mbanda yimitse Myr Kabayiza Louis Pasteur nk’umwepiskopi bwite wa Diyosezi ya Shyogwe. Uyu muhango witabiriwe n’Abarimo Myr Balthazar…

Read More

GLES yafunguye amahirwe ku banyeshuri yo kwiga mu Butaliyani byose byishyuwe !

Kampani ifasha abanyeshuri bashaka gukomereza amasomo yabo hanze y’u Rwanda yitwa Global Linked Education Services [ GLES ] , yamaze kuzana zimwe muri FULL FUNDED SCHOLARSHIP [ aho wiga wishyurirwa amafaranga y’ishuri n’ibindi nkenerwa ijana ku ijana ] zo muri kaminuza zitandukanye zo mu gihugu cy’Ubutaliyani aho uyibonye ahita ahabwa VISA imwemerera kuzenguruka u Burayi…

Read More