#KWIBUKA 31 : Tariki ya 7 Mata 1994 ibikorwa byo kwica abatutsi byakwiriye hirya no hino mu gihugu

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali . Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi. Kimwe…

Read More

#KWIBUKA 31 : inyoborabikorwa ku kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi

7 Mata 2025, U Rwanda n’isi yose, turibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Tuzakomeza kugendera ku ngingo yo “Kwibuka Twiyubaka”. Tuzazirikana amateka yatumye Jenoside yakorewe Abatusi ibaho, urugendo rwo kubaka igihugu, ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda, uruhare rwa buri wese mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyo igaragariramo byose.  Hazagaragazwa umwihariko w’Umuryango Mpuzamahanga wo kutigira ku…

Read More

KWIBUKA 31 :  ikiganiro Hon. Tito Rutaremara yagiranye kuri telephone na col. Bagosora na Gen. Ndindiriyimana indege ya Habyarimana ikimara kuraswa

 Mu ijoro ryo Kuwa 06 Mata 1994 , bimaze kumenyekana ko indege ya Habyarimana imaze kuraswa ,radio Radio LTRM ,Radio Rwanda na agencies international zimaze kubyemeza .  Muri icyo gihe abaturage batangiye guhamagara ingabo za RPA zari muri CND bababwira ubwicanyi buri gukorwa na abajepe n’interahamwe bica abatutsi n’ abaminisitiri bo muri opposition.  Impamvu bahereye…

Read More

MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka

Mu igororero rya Musanze habereye igiterane cy’ivugabutumwa ry’ itorero ADEPR cyakorewemo umuhango w’umubatizo no kwakira abakiristu bashya hanatangwa inkunga y’ibikoresho bitandukanye ku bahagororerwa. Muri iki giterane cyari cyitabiriwe na Réverend Pasteur SAFARI Wilson, umushumba w’ururembo rwa Muhoza habereyemo imihango itandukanye, aho abagororwa 33 babatijwe, 7 barakirwa ndetse n’abandi 4 barasengerwa. Iki  giterane kandi cyari cyanitabiriwe…

Read More

Abatwara ibinyabiziga basabwe korohereza abanyeshuri bagiye mu biruhuko

Polisi y’u Rwanda irasaba ibigo by’amashuri, ibigo bitwara abagenzi n’izindi nzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ingendo z’abanyeshuri bava ku mashuri basubira mu miryango yabo, kuborohereza kugira ngo ntihabeho ubukererwe n’izindi mbogamizi zababangamira mu rugendo.  Abanyeshuri baragirwa inama yo kubigiramo uruhare bambara umwambaro w’ishuri ubaranga, ababyeyi babo nabo bagakurikirana urugendo rw’abana babo kugeza bageze mu miryango….

Read More

Nyanza : Umusore yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 5 kubera ubusinzi

Umusore wo mu karere ka Nyanza  ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko yemereye ubushinjacyaha ko yuko yabikoze ariko yabitewe nuko yari yasinze bikabije . Uyu musore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko , ubushinjacyaha bwemeza ko yabikoze  ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu mudugudu wa…

Read More

Abarenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’ibiza mu Rwanda

Ku munsi wejo tariki ya 2 Mata Inteko Nshinga Mategeko umutwe wa Sena yakiriye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Gen. (Rtd) Murasira Albert, avuga ko mu minsi iri imbere abantu barenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’amazi. Senateri Evode Uwizeyimana yatanze urugero rwo mu karere ka Rulindo, hakunze kubera impanuka za bisi kubera ubuhaname bw’umusozi umuhanda wubatseho….

Read More

U Rwanda na Seychelles byasinye amaserano y’ubufatanye ku rwego rw’amagereza

Kuri uyu wa Mbere taliki 31 Werurwe, komiseri mukuru w’urwego rushinze amagereza mu Rwanda komiseri RCS  CG Evariste Murenzi, yakiriye mugenze we ushinzwe amagereza mugihugu cya  Seychelles, basinyana amasezerano y’ubufatanye mukuzamura imikorere y’urwego rw’amagereza mu bihugu byombi. Umuvugizi w’Urwego rushinzwe Igorora mu Rwanda CSP Thérèse Kubwimana, yabwiye Itangazamakuru ko murwego rwo guteza imbere imikorere y’uru rwego,   Seychelles yegereye u Rwanda kugirango habeho…

Read More

Nyagatare : Uwari umuzamu ku kigo k’ishuri yishwe atemaguwe n’abagizi ba nabi

Umugabo w’imyaka 36 utuye mu karere ka Nyagatare wari usanzwe ukora akazi ko kurinda umutakano aharimo hubakwa ikigo k’ishuri yishwe urwagashinyaguro nyuma yo gutemwa n’abagizi ba nabi . Hakorimana Gaspard wari usanzwe akora akazi k’uburinzi bw’ijoro kuharimo kwagurirwa ishuri mpuzamahanga ryitiriwe umusamariya [ Samaritan International School] riherereye mu mudugudu wa Kinihira , mu kagari ka…

Read More