Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka
Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…