Iki si igihe gikwiye cyo kuganira ku hazaza hange : Xabi Alonso ku byo kwerekeza muri Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya  Bayer Leverkusen Xabi Alonso yahakanye ibyo kwerekeza muri Real Madrid  nyuma y’amakuru menshi akomeje gucicikana yemeza ko ashobora kujya gusimbura Carlo Ancelotti wayitozaga uri mu nzira zisohoka . Bimwe mu binyamakuru birimo Madrid Xtra byemeza ko uyu wahoze ari mukinyi w’iyi kipe y’ibwami  ufite imyaka 43 ari mu bakandida  bakomeje kuza ku…

Read More

MIFOTRA yemeje iminsi  ibiri y’ikiruhuko  

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize ahagaragara itangazo rigenewe abakozi n’abakoresha bose, ribamenyesha ko iminsi ibiri iri imbere izaba iminsi y’ikiruhuko ku rwego rw’igihugu. Nk’uko biri mu itangazo ryatanzwe, ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata 2025, hazaba ari umunsi w’ikiruhuko mu rwego rwo kwizihiza Gatanu Mutagatifu.  Uyu ni umunsi w’ingenzi mu myemerere ya…

Read More

Nyarugenge : Umugore yasutseho umugabo we isafuriya yuzuye isombe ishushye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 16 Mata 2025, ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye ikirego  cy’umugore w’imyaka 38, utuye mu karere ka Nyarugenge wakomerekeje umugabo we w’imyaka 40 amusutseho isombe ishushye.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore w’imyaka 38, utuye mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge wakomerekeje…

Read More

Abatwara ibinyabiziga bibukijwe ko kwitwararika birinda impanuka muri ibi bihe by’imvura

Polisi y’u Rwanda iributsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abatwara ibinyabiziga, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi mu rwego rwo kwirinda impanuka ziturutse ku bunyereri bw’imihanda, ibidendezi by’amazi, ibihu ndetse n’inkangu. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko mu gice cya 2 cy’ukwezi kwa Mata 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 50…

Read More

Dore ubudasa bwa GLES  mu guhuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo

Ikigo Global Linked Education services [GLES] kiravuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti urambye. Kuri ubu  GLES ihuza Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze ikabashakira za Kaminuza nziza mu Burayi, Amerika na Canada ndetse…

Read More

Kigali : Hatanzwe umuburo w’imyuzure  ndetse n’inkangu bishobora kwibasira u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere  [Meteo Rwanda ] cyaburiye abanyarwanda ko hateganijwe imvura nyinshi ishobora kuzateza inkangu n’imyuzure, guhera mu ijoro ryo ku ya 11 kugeza ku ya 13 Mata, mu duce two mu Mujyi wa Kigali, Intara y’Amajyaruguru n’Intara y’Uburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Majyepfo . Ku mugoroba…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 12 Mata 1994 , MDR-Power yahamagiriye Abahutu kwica Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1.         Fridouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezamguni b’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/2020, Karemera Frodouald wa…

Read More

DRC : Wazalendo na FARDC bigaruriye imijyi 10 yari yarigaruriwe na M23

Indi mirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba FARDC bafatanije na Wazalendo bahangana na M23 yakomeje mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse isiga ingabo za Kongo zigaruriye imijyi irenga icumi . Nubwo i Doha mu gihugu cya Qatar hari kubera ibiganiro by’amahoro hagati ya leta ya Kinshasa n’umutwe w’inyeshyamba za…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More