Uganda : Rebecca Cheptegei yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we

Abantu babarirwa mu bihumbi bateraniye mu burasirazuba bwa Uganda gushyingura Rebecca Cheptegei wasiganwaga mu kwiruka ‘marathon’, watwitswe n’umugabo wahoze ari umukunzi we, na we waje gupfa. Gahunda yo kumushyingura kuri uyu wa gatandatu yatangiranye n’igikorwa cyo kumwibuka cy’abategetsi bo mu karere ka Bukwo, aho Cheptegei avuka. Cyabereye ku kibuga cy’ishuri. Cheptegei yahawe ibyubahiro byuzuye bya…

Read More

Ngoma: Gitifu arashinjwa kunyereza imisanzu ya Mutuelle de Sante y’abaturage

Gitifu w’Akagari ka Rujambara mu Murenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma, uherutse kuvugwaho gusaba no kwakira indonke mu abaturage kugira ngo abahe serivisi, noneho hari abamuvugaho kuba baramuhaye imisanzu ya Mutuelle de Sante ngo ayibishyurire, ariko ntayitange.  Nyiracumi Alphonsine ushinjwa ibi byaha ,Abaturage bavuga ko yabahemukiye nubwo avugwaho kuba yeguye, bamwe mu bagize ikimina…

Read More

‘Kimwe cya kabiri cy’umujyi kiri munsi y’amazi’: abarenga Miliyoni imwe bibasiwe n’umwuzure mu majyaruguru ya Nijeriya

Umwuzure ukabije wibasiye uturere twose dutuye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nijeriya, wimura abantu ibihumbi , kandi utuma inyamaswa guhungira mu muhanda. Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 30 bahitanywe n’uyu umwuzure. Icyakora, umubare w’abahitanwa nawo ushobora kwiyongera mu gihe abayobozi bakomeje kwihatira gutabara abandi ibihumbi n’ibihumbi batinya kuva mu ngo zabo. uyu mwuzure wibasiye Leta ya…

Read More

Nyamasheke : umusore yaguwe gitumo arimo asambanya inka

Umusore witwa Enock yasanzwe n’abaturage ari gusambanya inka y’abaturage abanza kwanga kuyivaho bakimubona, aho afatiwe, ntiyaruhanya yemera icyaha, avuga ko yumvaga ashaka imibonano mpuzabitsina kandi atabona umukobwa wamwemerera ku buntu kandi nta mafaranga yari afite ,ibi bikaba byabereye Mu murenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba . Ndikumana Enock yasanze yakuyemo ipantalo,…

Read More

Ubundi bushakashatsi bwerekanye byinshi utaruzi ku ngangi n’inguge!

Abashakashatsi bo muri Gabon bavuga ko ingagi zivura ubwazo zishobora kuba zifite ibintu bishobora gufasha kugera ku buvumbuzi bw’imiti mu gihe kiri imbere. Gabon ni igihugu gifite amashyamba manini cyane ataravogerwa cyane abamo inzovu, inguge n’ingagi, n’ibimera byinshi abahanga muri siyanse batazi.Ubushimusi n’indwara byatumye umubare munini cyane w’ingagi zikunze kuba ahantu h’isi ngufi (‘western lowland…

Read More

Asia : Afghanistan yatangiye kubaka umuyoboro utwara peteroli uhuriweho n’ibindi bihugu birimo ubuhinde

Afuganistani na Turkmenistani byasubukuye imirimo yo kubaka umuyoboro utwara peteroli wari umaze igihe kinini waradindiye. Uyu muyoboro uzanyura mu bihugu byombi unyure no muri Pakistani n’Ubuhinde. Ministri w’Intebe Mohammad Hassan Akhund uyoboye leta y’Abatalibani muri Afuganistani yagiye ku mupaka w’icyo gihugu na Turkmenistani kwifatanya n’abategetsi b’icyo gihugu gutangiza ku mugaragaro iyubakwa ry’uwo muyoboro uzahuza umujyi…

Read More

KIREHE: Babiri bafashwe batwaye mu modoka magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe, yafashe abagabo babiri bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace, amabalo arindwi y’imyenda ya caguwa, bari binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana, yavuze ko gufatwa kw’ariya mabalo byaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage. Yagize…

Read More

RIB yamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego bishinjwa Pasiteri Ntambara n’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwavuze ko rwamaze gutunganya dosiye ikubiyemo ibirego kiregwamo Pasiteri Ntambara Felix wahoze afite inshingano mu Itorero rya Zion Temple, ndetse ikaba yaramaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mukozi w’Imana watawe muri yombi aregwa hamwe n’umugore we ariko we ukurikiranywe adafunzwe, bishingiye ku kuba baragiye muri Hoteli imwe yo mu Mujyi wa Kigali, bakamarayo…

Read More

DRC : Hari icyoba cyo kwandura ubushita bw’inkende mu bagize urwego rw’ubuzima rw’iki gihugu

Abaganga bo muri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo batangaje ko bifuza cyane ko inkingo zibageraho kugira ngo bashobore guhagarika ikigero cy’abantu bashya bandura. kuri ubu iyi indwara yandura cyane ndetse imaze kwica abantu nibura 635 muri DR Congo uyu mwaka.Mu kigo cy’ubuvuzi cyo mu ntara ya Kivu y’Epfo BBC dukesha iyi nkuru yasuye, muri…

Read More