Uganda : Rebecca Cheptegei yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we
Abantu babarirwa mu bihumbi bateraniye mu burasirazuba bwa Uganda gushyingura Rebecca Cheptegei wasiganwaga mu kwiruka ‘marathon’, watwitswe n’umugabo wahoze ari umukunzi we, na we waje gupfa. Gahunda yo kumushyingura kuri uyu wa gatandatu yatangiranye n’igikorwa cyo kumwibuka cy’abategetsi bo mu karere ka Bukwo, aho Cheptegei avuka. Cyabereye ku kibuga cy’ishuri. Cheptegei yahawe ibyubahiro byuzuye bya…