Polisi irasaba abatwara moto kubahiriza amategeko y’umuhanda

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Umutekano wo mu muhanda (TRS), yasabye abatwara moto kubahiriza amategeko y’umuhanda, birinda amakosa arimo, gutwara abagenzi barenze umwe, gutwara imizigo irenze ubushobozi bwa moto no guhindura cyangwa guhisha nimero iranga ikinyabiziga (plaque). Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko aya…

Read More

Nyanza : abaturage barataka kwamburwa uburenganzira bwabo ku mazu bubakiwe

Mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza ahatujwe Abaturage barimo abatishoboye n’abirukanywe muri Tanzania batujwe batangaza ko inzu zabo zangiritse ariko bakaba barabuze uburyo bwo kuzisana kuko batswe ibyangombwa byazo nyamara bari babihawe ariko bidateye kabiri bakabyamburwa. Abatangaza ibi ni Aba baturage batujwe mu Mudugudu wa Nyesonga mu Kagari ka Butansinda mu Murenge wa…

Read More

Menya byinshi ku mirongo y’umuhondo inyuranamo ishyirwa mu masangano [ explainer]

Mu mihanda yo mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, ahakunze kubera umuvundo w’ibinyabiziga hatangiye gushyirwamo imirongo y’umuhondo inyuranamo izwi ku izina rya ‘Yellow Box’. Iyi mirongo iba izengurutswe n’undi murongo w’umuhondo ukoze ishusho ya Kare cyangwa urukiramende ishyirwa mu masangano y’umuhanda, igaragaza aho ikinyabiziga kitagomba guhagarara igihe cyose cyageze muri iri shusho. Iyi mirongo…

Read More

RIB yerekanywe abakekwaho ubujura buhambaye bw’imodoka zirimo n’izikosha akayabo

 kuri uyu wa Kabiri tariki 17 Nzeri 2024 RIB yerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bishingiye ku bujura bw’imodoka bakoreshaga amayeri atandukanye, aho enye zafashwe zasubijwe ba nyirazo. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwatangaje ko aba bantu bibaga izi modoka bakoresheje amayeri atandukanye, ubundi bakazigurisha abandi bantu bakoresheje ibyangombwa by’ibihimbano. Aba bantu…

Read More

Rusizi : RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho gusambanyiriza umukobwa mu cyumba cy’isuzumiro

Umuganga w’umugabo w’imyaka 29 wakoraga ku Kigo Nderabuzima cya Nyakabuye mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kubwo gukekwaho gufata ku ngufu umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye ubwo yari ari mu cyumba cy’isuzumiro. amakuru agera ku kinyamakuru Daily Box avuga ko uyu mukobwa yavuze…

Read More

Nigeria : Abahinzi 40 bapfiriye mu impanuka y’ubwato barimo bwarohamye

Abayobozi bavuga ko byibuze abantu 40 barohamye kandi birakekwa ko bapfuye nyuma yuko ubwato bwabo bwarohamye ku ruzi ruherereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nijeriya. Ku wa gatandatu, ubwato bw’ibiti bwatwaraga abahinzi barenga 50 mu mirima yabo hakurya y’umugezi hafi y’umujyi wa Gummi muri leta ya Zamfara bwarohamye, nk’uko umuyobozi waho yabitangaje ku cyumweru. Na’Allah Musa,…

Read More

 Rubavu : umugore w’imyaka 37 y’amavuko, yafatanywe amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu bikorwa byo kurwanya magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu Karere ka Rubavu, umugore w’imyaka 37 y’amavuko, wari ufite amacupa 418 yo mu bwoko butandukanye bw’amavuta yo kwisiga yangiza,  uruhu azwi ku izina rya Mukologo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure…

Read More