Polisi y’u Rwanda yatangije  ubukangurambaga bwo kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro

Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bw’ukwezi bugamije kurwanya gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ku mugabane w’Afurika (AAM2024), bufite intego yo gucecekesha imbunda mu bihugu biwugize. Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari, mu Karere ka Rwamagana, muri gahunda y’icyerekezo cy’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe cy’amahoro n’umutekano birambye ku mugabane by’umwihariko bishingiye ku…

Read More

OMS iratangaza ko abarenga 30000 bakekwa kuba baranduye Ubushita bw’Inkende Muri Afurika

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, rivuga ko kugeza ubu muri uyu mwaka, muri Afurika hatangajwe abantu hafi 30.000 bakekwaho indwara y’ubushita bw’inkende. Abenshi muri abo ni abo muri Repuburika ya demokarasi ya Kongo aho ibipimo by’iyi ndwara byashize, nk’uko OMS yabitangaje kuri uyu wa mbere. Iri shami rya ONU ryongeyeho ko abantu barenga…

Read More

Akamaro k’ubuhinzi burengera ibidukikije mu iterambere rirambye ntabwo gashobora kwirengagizwa : Dr. Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente wayoboye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri barangije mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi bitangiza ibidukikije RICA, yavuze ko icyerekezo 2050 kitazagerwaho bitagizwe uruhare n’ubuhinzi bugezweho. Dr Ngirente yabivugiye kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, ubwo yatangaga impamyabumenyi abanyeshuri 81 barangije muri iri Shuri RICA ku nshuro ya kabiri. Minisitiri…

Read More

Jean Bosco Ntagungira uherutse kugirwa Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare yatangiye inshingano ze

Musenyeri mushya wa Diyosezi ya Butare, Jean Bosco Ntagungira yagiye gutangira inshingano aherutse guhabwa n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Musenyeri Ntagungira yerekeje i Huye, aherekejwe n’abakristu babanaga muri Arikidiyosezi ya Kigali. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francisco, yagennye Padiri Jean Bosco…

Read More

Burera : abatuye Ikirwa cya Kirwabatutsi barasaba gufungurirwa insengero

Mu Rwanda, abadivantisiti b’umunsi wa Karindwi batuye mu kirwa kizwi nka “Kirwabatutsi” kiri mu kiyaga cya Burera mu majyaruguru y’u Rwanda, baravuga ko kuva bafungirwa urusengero byarushijeho kubaheza mu bwigunge. Uretse amato bakoresha bava cyangwa basubira ku kirwa nta bundi buryo bwo gutwara ibintu n’abantu bugaragara kuri ikirwa. Ibikorwa remezo nabyo ni nka ntabyo ….

Read More

Dore ibyo wamenya kuri gahunda yo gukingira Ubushita bw’Inkende-Mpox mu Rwanda

Mu Rwanda hatangiye igikorwa cyo gutanga inkingo z’indwara ya Mpox (Monkeypox/Ubushita bw’inkende) ahatangiriwe ku bantu 10 000 bo mu byiciro byibasirwa cyane, nk’abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, abakora kwa muganga no mu mahoteli. Ibi kandi byanahamijwe na Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kane tariki 19 Nzeri 2024, aho ngo iki kigorwa kiri mu rwego rwo gukomeza…

Read More

 Musanze :Yaguwe gitumo nyuma yo kwiba umukoresha we akayabo k’amadolari

Mu Karere ka Musanze Polisi y’u Rwanda yafashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Nzeri, umusore w’imyaka 24 y’amavuko, ucyekwaho kwiba shebuja amadolari y’Amerika (US$) 17, 200 n’amafaranga y’u Rwanda (Frw) 2,200 mu Karere ka Gasabo. Hamwe n’amafaranga yose yafatanywe, yahise ashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri sitasiyo ya Remera, kugira ngo hakomeze iperereza kuri…

Read More

Nigeria : Leta 11 z’iki gihugu zishobora kwibasirwa n’imyuzure ikarishye

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mazi n’ubutaka muri Nijeriya kiratangaza ko leta 11 zo muri icyo gihugu zishobora kwibasirwa n’imyuzure. Nijeriya yari isanzwe ihanganye n’imyuzure mu burasirazuba bushyira amajyaruguru mu ntara ya Borno, aho urundi rugomero ruheruka gusenywa n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi. Iyi myuzure kandi yageze no muri Kameruni, Cadi, Mali, Nijeri n’ibindi bice by’akarere…

Read More

Muhanga: Umugabo yatewe icyuma n’undi nyuma yo kumusanga mu kabari yareberagamo umupira

umugabo yasanze mugenzi we mu kabari aho we n’abandi bareberaga umupira, amutukiramo, ndetse anamutera icyuma bamaze kugasohokamo, ahita acika. Abari aho byabereye bavuze icyo bakeka ko kibyihishe inyuma , ibi byabereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga . Bamwe mu batuye muri aka gace, bavuga ko aba bagabo bashobora kuba bapfuye amafaranga ibihumbi…

Read More

RIB iragira inama abakoresha amakarita ya banki (visa cards) mu kwishyura

Nyuma yo kwakira ibirego byinshi by’abantu bakoresha amakarita ya banki akoreshwa mu kwishyura (visa cards) bagaragaza ko babona amafaranga ava kuri konti zabo nta ruhare babigizemo, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abaturarwanda kwirinda ubujura bw’imibare igaragara kuri aya makarita kuko hari abayiba bakagura ibintu kuri murandasi ba nyir’amakarita batabizi. Iperereza ry’ibanze rigaragaza ko hari…

Read More