Nyarugenge : Hafashwe amabalo 24 y’imyenda ya caguwa yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa magendu

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafashe amabalo 24 y’imyenda ya caguwa, hafatwa n’umugabo w’imyaka 33 y’amavuko, ucyekwaho kugira uruhare mu kuyinjiza mu gihugu mu buryo bwa magendu. Yafatiwe mu cyuho afite amabalo 13 y’imyenda ya caguwa mu isoko rya Nyabugogo mu murenge wa Kimisagara, akarere ka Nyarugenge, ahagana saa saba…

Read More

Abayapani barokotse ibisasu kirimbuzi bahawe igihembo cyitiriwe Nobel

Nihon Hidankyo, n’itsinda ry’abayapani barokotse ibisasu bya kirimbuzi, batsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel mu 2024 kubera imbaraga ryashyizwemo zo kugirango hagerwaho isi itarangwamo intwaro za kirimbuzi. Iri tsinda ryahawe icyubahiro kubera ibyo ryerekanye binyuze mu buhamya bw’abatangabuhamya ko intwaro za kirimbuzi zitagomba kongera gukoreshwa nkuko byahamijwe na Jorgen Watne Frydnes, usanzwe ari umuyobozi wa komite…

Read More

USA : Serwakira yiswe Milton yateye ibura ry’amashyanyarazi rikomeye muri Florida

Abantu miliyoni eshatu babuze amashanyarazi n’impombo z’amazi zirangirika kubera Serwakira Milton yibasiye Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe z’Amerika . Guhera mu ijoro ryo kuwa gatatu kugera mu rukerera rwo kuri uyu wa kane, umuyaga mwinshi waturukaga ku nkombe z’inyanja washegeshe igice kinini cy’amajyepfo ku buryo butari bwitezwe.Guverineri w’iyi Leta Ron DeSantis yavuze ko…

Read More

Musengamana Beata wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Azabatsinda Kagame’ yahawe ibirimo inzu nshya

Kuri uyu wa gatanu Musengamana Beata wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Azabatsinda Kagame’ yahawe inzu nshya yubakiwe n’Umuryango wa FPR Inkotanyi mu Karere ka Kamonyi . Mu byishimo byinshi Musengamana Beata ashimira Umukuru w’Igihugu ku bw’imiyoborere myiza ndetse n’ibyo amaze kugezaho abanyarwanda muri rusange uhereye nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 . Musengamana anavuga ko…

Read More

Hatangajwe andi makuru y’ingenzi  nyuma y’iperereza ku Mupadiri ukekwaho gusambanya umunyeshuri!

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha [RIB] rwataye muri yombi Umupadiri wayoboraga ikigo cy’amashuri cya Lycee de Rusumo akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15. Uyu mupadiri uyobora iri shuri ryo mu Karere ka Kirehe, yatawe muri yombi ku wa 9 Ukwakira 2024. aya makuru kandi yahamijwe ndetse anatangwaho ubusobanuro burambuye n’umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B.Thierry ….

Read More

Radio Isano Yavuye ku murongo kubera gufatirwa kw’ibikoresho byayo ngo yishyure umukozi wayo!

Radio Isano yari isanzwe ikorera mu karere ka Rubavu,ubu ntikibarizwa ku murongo yari isanzwe yumvikaniraho yavuye ku murongo nyuma yo gufatirirwa ibikoresho n’umuhesha w’inkiko w’umwuga ngo bitezwe cyamunara hishyurwe umwenda abereyemo umunyamakuru wayikoreraga wayireze iyishinja kumwambura. Radiyo Isano yumvikanaga mu turere twa Rutsiro na Rubavu ndetse no mu Gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo…

Read More

Umuhango wo ‘Kwita Izina’ ntukibaye !

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe ku wa 18 Ukwakira 2024, ko utakibaye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri nibwo uru rwego rwashyize hanze uyu mwanzuro nubwo rutigeza rutangaza impamvu yawo ,Umuhango wo Kwita izina abana b’Ingagi ku nshuro ya 20 wari uteganyijwe tariki ya 18…

Read More

Uganda : Habonetse umurwayi wa mbere w’ubushita bw’inkende

Uyu munsi kuwa kabiri, umuvugizi wa gereza muri Uganda, yavuze ko habonetse umurwayi umwe w’ubushita bw’inkende muri gereza ya Nakasongola iherereye mu gihugu rwagati. Yanavuze ko uwo murwayi yashyizwe mu kato kandi ko arimo kwitabwaho n’abaganga. Icyorezo cy’ubushita bw’inkende, muri imwe muri gereza zicukikiranyemo abantu muri Uganda, gishobora kuba ikibazo gikomeye gihangayikishije abayobozi mu rwego…

Read More

Rusizi : RRA yasabye abacuruzi batazi gukoresha EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyasabye abacuruzi b’i Rusizi, batazi gukoresha ikoranabuhanga rya EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura ku mikoreshereze yaryo. Ni nyuma y’uko hari bamwe muri aba bacuruzi bafunze imiryango kubera gutinya gucibwa amande yo kudatanga EBM, aho bavugaga ko bamwe bahura n’ikibazo cy’ubumenyi buke mu mikoreshereze yayo bigatuma batayikoresha . N’ubwo aka karere…

Read More