Menya byinshi kuri Hagenimana Agathe umaze iminsi yose y’ubuzima bwe aryamye !
Mu murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga hari umwana w’umukobwa ubana n’ubumuga butangaje ku uburyo kuva yavuka atari yabyuka ngo ahagarare cyangwa ngo yicare n’umunsi n’umwe dore ko ahora aryamye ku gatanda gusa nubwo agaragarwaho n’ubu bumuga bw’ingingo hari ibitangaje kuri uyu mukobwa w’imyaka 37 . Hagenimana Agathe umaze imyaka yose ku isi atazi…