RIB yerekanye abantu 10 barimo abakurikiranyweho kwigana inzoga zikomeye
Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Ukwakira 2024 Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze abantu 10 barimo batatu bakurikiranyweho kwigana inzoga zo mu bwoko bwa likeri naho abandi barindwi bakaba ibyitso kuko bababikiraga ibikoresho bifashishaga ndetse ibyafatiriwe byose bifite agaciro kangana na 31,435,750frw. ku Cyicaro gikuru cya RIB na Polisi mu Mujyi wa Kigali i Remera RIB…