Dore igihe Muheto Divine azagerezwa imbere y’Urukiko kugirango aburanishwe ku byo aregwamo !

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko ku munsi wejo ku wa gatanu tariki ya 31 / Ukwakira ,urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rutangira kuburanisha urubanza ruregwamo uwigeze kuba Miss w’u Rwanda mu mwaka wa 2022, witwa Muheto Nshuti Divine ukurikiranyweho ibyaha birimo gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo . Ku i tariki ya 29 Ukwakira 2024,…

Read More

Bugesera : Inkongi y’umuriro yibasiye ubibiko bw’uruganda rwa SunBelt Textiles

Mu masaha y’ijoro yo ku wa kabiri tariki 29 / 10 /2024 ,mu cyanya cy’inganda cya Bugesera ,ubibiko bw’uruganda rukora imyambaro ruzwi nka SunBelt Textiles rwafashwe n’inkongi y’umuriro ndetse bimwe mu bikoresho by’uru ruganda byagingirika ku uburyo bukomeye . Amakuru agera kuri Daily Box atangaza ko iyi nkongi yatangiye mu masaha akuze y’ijoro ryo kabiri…

Read More

Kayonza : abantu 14 bafatiwe mu cyuho ubwo bacukuraga amabuye y’agaciro binyuranyije n’amategeko

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yafashe abantu 14, bakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Bafatiwe mu kirombe giherereye mu mudugudu wa Rwinkwavu, akagari ka Nkondo mu murenge wa Rwinkwavu, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 27 Ukwakira, ahagana saa tatu n’igice. Umuvugizi…

Read More

Sobanukirwa n’amateka ya Rukara Rwa Bishingwe uvugwaho kuba yaba yarishe umuzungu

Amateka y’ibihangange byabayeho mu Rwanda harimo abagiye bagira imyitwarire ifite amateka yihariye n’imvugo zikakaye zifite byinshi zihatse mu mibereho yabo ndetse no mu mateka y’igihugu.Ubimburiye abandi tugiye gutekererezwa imyifatire yamuranze n’imvugo ze, ni Rukara rwa Bishingwe. Icyivugo cye ari na cyo cyari gikubiyemo ibigwi n’ibirindiro bye cyari “Rukara rw’igikundiro, urwa Semukanya Intahanabatatu.” Rukara Rwa Bishingwe…

Read More

Gusura abanyeshuri biga bacumbikiwe ndetse n’imikino ihuza ibigo by’amashuri byasubukuwe

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa ku mashuri byasubukuwe, inakomorera imikino ihuza ibigo by’amashuri n’ibindi bikorwa bihuza abantu benshi mu bigo by’amashuri. Iki cyemezo cyari cyashyizweho mu rwego rwo kwirinda no kurwanya icyorezo cya Marburg ndetse Iyi ngingo ni imwe mu zari zikubiye mu mabwiriza iyi Minisiteri yasohoye ku wa Gatatu…

Read More

Minisiteri y’ubuzima yatanze ubusobanuro bwimbitse ku nkomoko y’umurwayi mushya wa Marburg waraye ubonetse

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko habonetse undi muntu wanduye icyorezo cya Marburg watumye imibare y’abari kuvurwa izamuka nyuma yo kuva kuri umwe wari uri kuvurwa mu minsi ishize,gusa iyi Minisiteri y’ubuzima yanahise itanga ubusobanuro bw’uwanduye mushya. Mu bipimo 69 byatangajwe ko byafashwe na Minisiteri y’ubuzima kuri uyu  wa Kane tariki 24 Ukwakira 2024 byerekana ko habonetse…

Read More

Kigali : Dore inyungu zihishe mu masezerano y’imikoranire yabaye hagati ya KSP Rwanda na Radio Imanzi

Radio Imanzi Fm yasinyanye amasezerano y’imikoranire n’ikigo cyitwa KSP Rwanda gisanzwe gifite ishuri ritanga amasomo arimo  gukora firime no gutunganya amashusho mu gihe gito ndetse aya masezerano akaba agamije gufasha abanyeshuri mu kwimenyereza umurimo no guhabwa akazi ku banyeshuri biga muri iki kigo . Abari bahagarariye impande zombi bashyize umukono kuri aya masezerano y’ubufatanye ,mu…

Read More