China : Abanyeshuri biga muri IPRC -Musanze begukanye Umudali wa Zahabu ku rwego rw’Isi

Mu ijoro ryakeye  mu gihugu cy’u Bushinwa , Itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda batatu n’undi umwe w’Umushinwa begukanye Umudali wa Zahabu mu Irushanwa Mpuzamahanga ryiswe “World Skills Competition”  rigamije guteza imbere ubumenyingiro. Aba banyeshuri ni Uwamahoro Alphonsine, Umwali Ange Natacha na Ngabonziza Elie bo mu Rwanda na Yan Meng wo mu Bushinwa ,aho  bigaga mu Ishuri Rikuru…

Read More

MINEDUC yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza !

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 / Ugushyingo ,Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza, aho uzajya yemererwa ari uwagize 50% mu masomo yose. Ubu ni uburyo butandukanye n’ubwari busanzweho, aho uwemererwaga kujya muri kaminuza ari uwabaga yatsinze amasomo abiri y’ingenzi. ibi iyi minisiteri ireberera uburezi…

Read More

Kayonza : RIB yataye muri yombi Ababikira babiri nyuma y’urupfu rw’amaherere rw’umunyeshuri wigaga mu kigo bayoboraga

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 / Ugushyingo /2024 , ababikira babiri bari mu buyobozi bukuru bw’Ikigo cy’Ishuri ry’Imyuga n’Ubumenyi-Ngiro cyitiriwe Mutagatifu Christopher (Saint Christopher TVET) batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB nyuma y’urupfu rw’amayobera rw’umunyeshuri wigaga muri iki kigo. Imvano y’itabwa muri yombi ry’aba bayobozi n’urupfu rw’umwe mu banyeshuri bafatiraga ubumenyi kuri iki…

Read More

Rwamagana : abanyeshuri b’abakobwa barembejwe n’indwara y’amayobera !

Mu bigo by’amashuri byo mu Karere ka Rwamagana, hari kuvugwa indwara ifata abana b’abakobwa igatuma batitira igice cy’umubiri cyo hasi, ntibabashe kugenda no guhagarara, aho bamwe mu baturage bavuga ko ishobora kuba iterwa n’imbaraga z’umwijima . Iyi ndwara itaramenyerwa ibyayo gusa abaturage bakaba bayihaye akazina ka ‘Tetema’ bijyanye nuko  imaze gufata abana b’abakobwa ituma batitira…

Read More

Umunyamakuru Kazungu Claver yasezeye kuri RadioTv10 nyuma y’imyaka ine n’igice ahakora !

Umunyamakuru w’imikino Kazungu Claver uri mu bakunzwe hano mu Rwanda yasezeye ku kinyamakuru cya Radio Tv10 yakoreragaho ikiganiro cya Siporo kizwi nk’urukiko rw’imikino ‘ndetse anavuga ko asezeye ku bw’impamvu ze bwite . Mu butumwa yacishije yacishije ku rukuta rwe rwa X Kazungu Claver yongeye gushimira abantu bose bakoranye uyu mwuga ,abamukurikira umunsi ku munsi yaba…

Read More

Huye : umugabo uherutse gufatirwa mu cyuho atetse kanyanga  yemeye icyaha avuga icyabimuteraga

Umugabo wari utuye mu Murenge wa Huye mu Karere ka Huye, yafatiwe mu cyuho ubwo yari atetse ikiyobyabwenge cya kanyanga anahita yemera icyaha, akavuga ko yakoraga iki kiyobyabwenge akanagicuruza kugira ngo abone amaramuko. Uyu mugabo w’imyaka 28 y’amavuko yafatanywe  litiro 20 z’ikiyobyabwenge cya Kanyanga, mu gihe indi yari akiyitetse ategereje ko ishya ngo ayarure. Urwego rw’Igihugu…

Read More

Kigali : Polisi y’u Rwanda iri kwigira hamwe ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ihuza abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku rwego rw’igihugu, abayobora amashami atandukanye n’amashuri ya Polisi y’u Rwanda n’abayobora Polisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, intara n’uturere yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Umutekano…

Read More

Ibinyamakuru byo mu bufaransa bigiye kurega urubuga rwa X nyuma yo kuyishinja kubinyunyuza !

Kuri uyu wa kabiri , bimwe mu binyamakuru bikomeye byandikirwa mu gihugu cy’ubufaransa byafashe icyemezo cyo kujyana urubuga rwa X mu nzira z’amategeko nyuma yuko birushinja gukoresha amakuru yabyo mu nyungu zayo kandi batabishyuye . Iki gikorwa gihuriweho n’ibinyamakuru bikomeye cyane byandikirwa mu gihugu cy’ubufaransa birimo Le Monde, Le Figaro, Les Echos, Le Parisien, Telerama,…

Read More

Asaga miliyoni 861 amaze gucibwa abanyereje umutungo wa Leta mu mezi atanu gusa !

Umushinjacyaha Mukuru Havugiyaremye Aimable yatangaje ko abanyereza umutungo wa leta batazigera bihanganirwa, ko ahubwo bakomeje gukurikiranwa no guhanwa ndetse n’amafaranga banyereje akagaruzwa. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta iheruka kugaragaza ko mu mwaka ushize w’ingengo y’imari, amafaranga yakoreshejwe nabi yageze kuri miliyari 8.6 z’amafaranga y’u Rwanda avuye kuri miliyari 5.6 mu mwaka wabanje. Mu kiganiro…

Read More

Abapolisi bagera ku 154 barimo ACP Celestin Twahirwa bahawe ikiruhuko k’izabukuru

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwatangaje ko ACP Celestin Twahirwa wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda n’abandi bagera 153 barimo umwe ufite ipeti rya CP (Commissioner of Police), na batandatu bafite irya ACP (Assistant Commisioner of Police) bashyizwe mu kiruhuko k’izabukuru . Ku munsi wejo  ku Cyumweru tariki 10 Ugushyingo 2024 ,nibwo Polisi y’u…

Read More