Abayobozi 5 b’ibihangange babayeho mu mateka y’isi

Abayobozi 5 b’ibihangange babayeho mu mateka y’isi Nkuko Umufaransa Napoleon Bonaparte wabaye umwami w’abami ku mugabane w’Uburayi yabivuze mu magambo atazigera yibagirana aho yagize ati: ” umuyobozi mwiza ni wa wundi uzi gukorera ku cyizere.” Cyangwa se ukavuga ku magambo ya John Quincy Adams wabaye perezida wa Amerika we wavuze ati: ” Igihe ibikorwa byawe…

Read More

Hatangajwe ibidasanzwe ku Imodoka nshya Papa Francis azajya agendamo

Uruganda rukomeye rwa Mercedes-Benz rwamurikiye Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis, imodoka nshya ya G-Wagon SUV ikoresha amashanyarazi, agiye kujya agendamo mu bihe bitandukanye by’ibirori. Iyi modoka, itatse ikoranabuhanga rigezweho, ni yo ya mbere mu mateka ikoreshwa n’amashanyarazi gusa mu modoka zitwara Papa, akaba ari intambwe ishimishije mu kubungabunga ibidukikije no gutanga urugero…

Read More

DRC : Indwara Itaramenyekana ikomeje kujyana ubuzima bw’abatari bake

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko mu gace ka Panzi mu Ntara ya Kwango, indwara itaramenyekana kugeza ubu imaze guhitana abantu barenga 70.  Iki cyorezo cyitaramenyekana cyibasiye cyane cyane abana bari munsi y’imyaka itanu, aho bivugwa ko igipimo cyo kwandura kiri ku 40%. Minisitiri w’Ubuzima muri DRC, Samuel Roger Kamba…

Read More

USA : Ibisigazwa bya Dinezoro bifite agaciro ka Miliyari 56 z’amafaranga y’u Rwanda byerekanywe i New York

Mu mpera z’iki cyumweru, mu Mujyi wa New York hazatangira kugaragara ibisigazwa by’agaciro ka Miliyali 56 z’amafaranga y’u Rwanda bya Dinezoro yo mu bwoko bwa Stegosaurus.  Ibi bisigazwa byahawe izina rya Apex, bikaba byarabonywe ku buryo bwihariye n’abashakashatsi b’Inzu Ndangamurage y’Ubuhanga bwa Siyansi ya Amerika. Apex ifite uburebure bwa metero 3.3 (11 feet) kandi ikaba…

Read More

Impaka zatewe n’amashusho y’umubyeyi wonsa umuhungu we w’imyaka 17

Dar es Salaam, Tanzania – Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana umubyeyi w’umugore ari konsa umuhungu we w’imyaka 17 yatangije impaka nyinshi muri Tanzania no mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Aya mashusho agaragaza uyu muhungu asubiye ku mabere y’umubyeyi we, aho yisanze aruhukira ku mabere ye nyuma y’igihe gito atangiye konka, byateye abantu benshi guhuza ibitekerezo…

Read More

Nyanza : Abantu 19 bafatiwe muri Operasiyo yibanda kurwanya urugomo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyanza yatangaje ko mu rukerera rwo ku wa Kane, tariki ya 5 Ukuboza 2024, yakoze operasiyo ikomeye yo guhiga no gufata abantu bakomeje guhungabanya umutekano mu karere, bitewe n’ibikorwa by’urugomo byari bimaze iminsi bihungabanya abaturage.  Iyi operasiyo, yakozwe ku bufatanye n’inzego z’ibanze, yasize hafashwe abantu 19, barimo abagabo…

Read More

Ubushakashatsi bwerekanye Ko urubyiruko ruri ahaga kubera imikoreshereze y’Imbuga Nkoranyambaga

Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu by’imitekerereze bwerekanye ko urubyiruko rwinshi mu Rwanda, rwiganjemo abantu bafite imyaka hagati ya 18 na 30, ruri mu bihombo by’imitekerereze, by’umwihariko agahinda gakabije n’izindi ndwara zishobora gukurura ibibazo bikomeye. Ubu ni ubushakashatsi, bwakozwe mu gihe cy’amezi atanu (kanama 2023 kugeza muri Mutarama 2024), bwerekanye ko 43,3% by’urubyiruko rukoresha imbuga nkoranyambaga, ariko…

Read More