Rubavu : Abarasita basabye kwigaragambya nyuma y’amagambo ya Apôtre Gitwaza

Idini ry’abarasitafarian mu Rwanda ryo mu karere ka Rubavu ryandikiye ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu rubasaba uruhushya rwo gukora urugendo rugamije kwamagana amwe mu magambo aherutse kubavugwaho n’ Apotre Gitwaza usanzwe ari umuyobozi w’idini rya  Zion Temple hano mu Rwanda. Mu ibaruwa ifunguye ikinyamakuru Daily Box kinafitiye kopi ,ubuyobozi bw’aba rasitafari bwandikiye akarere ka Rubavu rubasaba…

Read More

Kigali : Polisi yahaye umukoro abagize komite z’abaturage mu kwicungira umutekano 

 Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu n’iy’ubutegetsi bw’igihugu ku bufatanye n’igipolisi cy’u Rwanda bateguye amahugurwa agamije guha ubumenyi bw’ibanze abagize za komite z’abaturage mu kwicungira umutekano (CPCs) bo mu turere tugize Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kubongerera ubumenyi buzabafasha mu gukumira no kurwanya ibyaha bihungabanya umutekano w’abaturage. Izi Minsiteri zemeza ko abagera kuri 1186 baturutse…

Read More

Huye : Bamaze amezi 6 bategereje ubwishyu amaso yaheze mu kirere

Mu Karere ka Huye mu Murenge wa Maraba haravugwa inkuru y’ukwitana bamwana hagati y’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima na rwiyemezamirimo byavuyemo kwambura amafaranga y’amezi atandatu abaturage bahasukuraga . Abakoraga isuku ku kuri iki kigo nderabuzima bemeza ko baberewemo imishahara y’amafaranga bakoreye mu mezi atandatu ashize ndetse bajya no kwishyuza cyangwa babaza amakuru afite aho ahuriye n’uburyo bazabona…

Read More

Kylian Mbapppe yahanaguweho ibyaha byo gufata ku ngufu

Ubushinjacyaha bwo muri Suwede bwamaze guhagarika iperereza bwakoraga kuri rutahizamu wa Real Madrid akaba na Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Kylian Mbappe nyuma yuko mu kwezi gushize ibinyamakuru byandikirwa muri suwede byari byanditse ko Mbappe ashobora kuba yarakoze ibyaha byo gufata ku ngufu . Ibi byashimangiwe na Madame Marina Chirakova, uyobora ikigo cy’ubushinjacyaha bwa Suwede,  wemeje…

Read More

Rwamagana : Abaturiye isoko rya Ntunga barinubira ibihombo ribatera

Abaturage bafite amazu n’ibindi bikorwa biri hafi   y’isoko rya Ntunga mu karere ka Rwamagana barataka ikibazo cy’amazi arivamo atarigeze ahabwa inzira ziyajyana mu byobo byabugenewe ahubwo akaruhukira mu bikorwa byabo ndetse rimwe na rimwe akaba yanabesenyera . Aba baturage  baturiye isoko rya Ntunga mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana bumvikana bashimangira ko umuvu…

Read More

Fifa  yatangaje ibihugu bizakira igikombe cy’isi cyo muri 2030 no muri 2034

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [ FIFA ] yemeje ko igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru mu bagabo 2034 kizabera muri Arabiya Sawudite, mu gihe Espagne, Porutugali na Maroc bizahuriza hamwe mu kwakira icyo muri 2030. Gusa imikino itatu mu marushanwa yigikombe cy’isi cyo muri 2030 niyo izabera muri Arijantine, Paraguay na Uruguay mu rwego rwo kwizihiza…

Read More