Abanyeshuri 40 barimo abari bagiye kujya ku isoko ry’umurimo basanzwe ari baringa
Abanyeshuri bagera kuri 40, barimo abigaga mu ishami ry’ubuvuzi, birukanwe muri kaminuza ya Mbuji-Mayi muri DRC bashinjwa gukoresha uburiganya na ruswa kugira ngo babone uburyo bwo kwimukira mu ishuri rikurikiyeho . Aba banyeshuri bivugwa ko ubuyobozi bw’iyi kaminuza bwahisemo kubasetuza nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse bwakozwe nibura guhera ku wa mbere, 23 Ukuboza bugakorerwa mu nyandiko z’amanota…