RBC yatangije ikoreshwa ry’imiti mishya mu kurwanya Malaria mu gihugu

Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 / mutarama / 2025 , Ikigo cy’Igihigu gishinzwe Ubuzima, cyavuze ko u Rwanda rugiye gukoresha imiti mishya mu guhangana na Malaria imaze iminsi igaragaza gukaza umurego ndetse inakwirakwira mu buryo budasanzwe mu bice bitandukanye by’igihugu. Imiti ibiri irwanya malariya yitwa dihydroartemisinin-piperaquine (DHAP), na artesunate-pyronaridine (ASPY) niyo igiye kongerwa…

Read More

Nyamasheke : Abaturage barasaba kubakirwa ikiraro gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake

Abaturage bo mu Mirenge ya Kagano, Cyato, na Rangiro, bakomeje gutakamba kubera ikibazo cy’ikiraro kiri ku mugezi wa Kamiranzovu, gikoreshwa n’abaturage bambuka bagana ku isoko rya Rwesero no ku biro by’Akarere ka Nyamasheke.  Icyo kiraro cyubatswe mu buryo butameze neza, kigizwe n’ibiti bibiri gusa, aho kimwe muri byo cyarangiritse bikomeye. Benshi mu baturage bavuga ko…

Read More

Kigali : Minisitiri Amb Nduhungirehe yakiriye abanyarwanda baba mu mahanga

Kuri uyu wa gatanu , tariki ya 3 /Mutarama / 2025, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier yakiriye Abanyarwanda baba mu mahanga bamaze iminsi mu Rwanda aho baje mu bikorwa birimo n’ibiruhuko by’iminsi mikuru isoza umwaka. Iki ni gikorwa cyitabiriwe n’Abanyarwanda barenga 100 baturutse mu bihugu bisaga 40 byo hirya no hino ku Isi….

Read More

Huye : Polisi yatangaje icyateye impanuka ikomeye y’imodoka y’Akarere yari itwaye umurambo

Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko amakosa y’abashoferi ari yo yateye impanuka aho Imodoka yari itwaye umurambo w’umusore wo mu Karere ka Rusizi wapfiriye mu Karere ka Gatsibo,  yagongana na Coaster yari itwaye abagenzi ubwo yari igeze mu Karere ka Huye . Iyi modoka, yakoze impanuka igonganye na Coaster,  yari itwaye…

Read More

Fine FM yabonye abanyamakuru bashya bagomba gusimbura abarimo Sam Karenz, Kazungu na Ricard basezeye

Abanyamakuru bakomeye muri ruhago nyarwanda Mihigo Saddam na Niyibizi Aimé bamaze kwerekeza kuri Fine FM Rwanda mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire rw’imikino. Hashize iminsi mike bamwe mu banyamakuru b’ingenzi muri iki kiganiro basezeye kuri iyi Radio abo ni Sam Karenzi wari na Station Manager ndetse n’umuyobozi w’asiporo kuri iyi Radio, Kazungu Claver wari umaze iminsi mike…

Read More

Kigali : abasaga 23 % by’abobonye akazi muri 2024 nta bizamini byako bakoze

Kuri uyu wa mbere , taliki 30 /Ukuboza /2024 ,Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko bagaragaje ko 23% by’abahawe akazi muri uyu mwaka wa 2024 aribo bonyine bakoze ibizamini by’akazi bakora . Aba badepite bagaragaje ko abantu 91,820 batoranyijwe muri 382,803 bangana na 23% bifuzaga akazi ari bo bonyine bakoze ibizamini byako…

Read More