Pep Guardiola mu nzira zitandukana n’umufasha we

Pep Guardiola, usanzwe atoza ikipe ya Manchester city, ashobora gutandukana n’umufasha we Christina Serra Amakuru aturuka mu gihugu cya Esipanye, avuga ko Josep “Pep” Guardiola, utoza ikipe ya Manchester city, agiye gutandukana n’umufasha we Christina Serra, bari bamaranye imyaka 10. Ibinyamakuru bitandukanye by’imikino muri Esipanye, bikaba bivuga ko aba bombi bamaze hafi imyaka itanu batabana…

Read More

Rusizi : Ba rwiyemezamirimo bambuwe bafashe icyemezo cyo kurara ku biro by’akarere

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’aba Rwiyemezamirimo bagiye bagemura ibiribwa mu mwaka wa 2023 mu bigo by’amashuri bitandukanye biherereye hirya no hino mu mirenge itandukanye yo muri aka karere bamaze hafi umwaka n’igice bambuwe n’ubuyobozi bw’akarere ndetse magingo aya bakaba barafashe icyemezo cyo kurara ku biro by’akarere. Bamwe muri bano baturage bavuga ko baberewemo…

Read More

Dore ibyo wamenya kuri Marcelo uherutse kumanika inkweto !

Umunyabigwi Marcelo Vierira da Silva, usanzwe akina yugarira ku ruhande rw’ibumoso yemeje amakuru y’isezera rye kuri ruhago nyuma yo kugira urugendo rwiza muri uyu mukino aho yakiniye amakipe nka Real Madrid ndetse na Fluminense y’iwabo muri (Brazil) yaherukagamo. Nubwo yemeje aya makuru uyu mugabo yavuze ko agifite byinshi byo gukora mu mupira w’amaguru. Mu mashusho…

Read More

Rusizi : Habonetse ibisasu byo mu bwoko bwa Gerinade

Mu karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’abaturage batoraguye ibisasu mu mirima yabo ubwo bari mu bikorwa by’ubuhinzi byabo bya buri munsi ndetse bikagekwa byaba byarasizwe n’ingabo za Repubulika ya kabiri yayoborwaga na Perezida Habyarimana Juvenal . Mu mudugu wa Tawuni ,mu kagari ka Nganzo ko mu murenge wa Kivumu niho hagaragaye igisasu cya mbere cyabonwe…

Read More

Dore ibibuga by’indege 10 bya mbere ku isi mu kwakira indege n’abantu

Ni gake uzumva bavuga ikibuga cy’indege ngo ubwonko ntibuhite bwerekeza ku ngano yacyo, bitewe n’amatsiko rubanda bafite ku ngano y’ibibuga bitandukanye ku isi.Mu nkuru y’uyu munsi ivuga ku bijyanye n’ubumenyi bw’isi Dailybox yaguteguriye icyegeranyo cy’ibibuga by’indege bya mbere 8 ku isi magingo aya. Twifashishije urubuga World population review twagushakiye bimwe mu bibuga byakira abantu benshi…

Read More

Ubusesenguzi : Imihamagarire mu bituma Amavubi y’abagore ahorana intsinzwi

Kuri uyu wa Gatatu nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi bazifashishwa mu mikino ibiri yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika, Amavubi afitanye na Misiri hagati ya taliki 21 na 25. Gusa nubwo bimeze bityo hari bamwe mu bakinnyi batangajwe no kubona batahamagawe Kandi babikwiye. Ni urutonde rugaragara ho abakinnyi 28,…

Read More

Kigali : RIB yataye muri yombi 7 barimo Kwizera Emelyne ‘Ishanga’

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rumaze gutangaza ko rwataye muri yombi abarimo Kwizera Emelyne wamenyekanye nk’ishanga n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoze itsinda ryo ku rubuga rwa WhatsApp ryitwa ‘Rich gang’ rigamije gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni muri rubanda . Amakuru avuga ko aba basore n’inkumi bifataga amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsina bakayasangiza abagabo n’abagore kugira ngo…

Read More