Kujya kwiga mu bihugu birenga 13 hirya no hino ku isi birashoboka ukoranye n’inzobere

Kuri ubu uburezi nimwe mu nkingi y’iterambe ku bihugu bikomeye ndetse ibihugu byateye imbere byagiye bitera imbere kubera ahanini uburezi bufite ireme mu ngeri zitandukanye nk’ikoranabuhanga, ubuvuzi , inganda n’ibindi. Kampani yitwa Global Linked Education Services (GLES ), niyo kampani yizewe hano mu Rwanda yagufasha cyangwa igafasha uwawe kujya gukomereza amasomo ye hanze y’u Rwanda…

Read More

Kabgayi : Abaganga bakomeje kuba ab’ibura mu mpera z’icyumweru

Abashakira serivisi z’ubuzima ku bitaro bya Kabgayi biherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baratangaza ko muri ibi bitaro hari ikibazo cy’ubuke bw’abaganga byumwihariko mu minsi y’impera z’icyumweru . Bamwe mu barwayi barembeye mu bitaro bya Kabgayi bavuga ko mu minsi isoza icyumweru bahura n’imbogamizi y’abaganga badahagije ku buryo rimwe na rimwe hari igihe…

Read More

Ntibemera guterwa amaraso kwa muganga; ibintu 10 bitangaje utari uzi ku idini ry’Abahamya ba Yehova

ICYITONDERWA: Iyi nkuru ntigamije kuvana abantu mu myemerere yabo cyangwa se kwibasira imyemerere runaka, ahubwo ni ukungurana ubumenyi ku bintu binyuranye! Ivuka ry’idini ry’Abahamya ba Yeho ryatangiye mu kinyejana cya 19 muri Leza Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , ritangizwa n’istinda rito ry’Abigishwa ba Bibiliya babaga hafi y’umugi wa Pittsburgh, muri leta ya Pennsylvania bakaba bari bayobowe…

Read More

Kigali : RGB yasabye abakristu kumenya uko amaturo batanga akoreshwa

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard yavuze ko abaturage batanga amafaranga mu miryango ishingiye ku myemerere bakwiye kumenya uko akoreshwa. Ubwo yari mu kiganiro na televiziyo y’igihugu muri iki gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 11 Werurwe , Umukuru wa RGB yatangaje ko abantu bagendana insengero mu mifuka yabo batazihanganirwa, aho usanga…

Read More

Menya byinshi ku mikorere y’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi

Inkongi z’umuriro ziri mu biza bikunze kwibasira abantu kenshi, imitungo yabo ikahatikirira, zikavutsa benshi ubuzima abandi zikabasigira ubumuga bwa burundu. Mu rwego rwo guhangana nazo ndetse n’ingaruka zazo, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), benshi usanga badasobanukiwe imikorere yaryo, aribyo tugiye kugarukaho, kugira ngo mumenye amavu n’amavuko n’imikorere…

Read More

Leta yahagurukiye guca akavuyo mu madini n’amatorero nyuma yo gushyiraho amabwiriza azashobora umugabo agasiba undi

Urwego rw’imiyoborere mu Rwanda rufite n’inshingano zo kureberere amadini n’amatorero ndetse n’indi miryango ishingiye ku myemerere yasohoye amabwiriza mashya agomba kubahirizwa nyuma yakajagari kagiye kagaragara muri iki gisata cy’imyemerere , amadini ndetse n’amatorero. 1.Umuryango usaba ubuzima gatozi muri RGB werekana icyemezo gitangwa n’Akarere cyangwa Umujyi wa Kigali kigaragaza ko inyubako yagenewe ibikorwa byo gusenga yujuje…

Read More

Ubushinjacyaha bwemeje ko bwakiriye dosiye y’ibirego bya ruswa biregwamo abayobozi ba RBC

Urwego rw’igihugu rw’Ubushinjacyaha rwatangaje ko rwakiriye dosiye ikubiyemo ibirego bya ruswa biregwamo Noella Bigirimana wari umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima [ RBC ] ndetse na Theo Uwayo Principe wari umuyobozi mukuru ushinzwe imari muri ikigo . Aya makuru kandi yanemejwe n’Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda Bwana Faustin Nkusi ubwo yagiranaga ikiganiro n’igitangazamakuru cya The…

Read More

Kigali : Herekanywe abantu 7 batuburiraga rubanda biyitirira inzego z’ubugenzacyaha

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rweretse itangazamakuru abantu bagera kuri barindwi bakurikiranyweho kwiyitirira inzego z’ubugenzacyaha hanyuma bagasaba amafaranga imiryango ifite ababo batawe muri yombi kubera ibyaha bakekwaho babizeza gufungurwa . Kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Werurwe 2025 ku cyicaro gikuru cy’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha giherereye mu mujyi wa Kigali nibwo RIB yerekanye abantu…

Read More

DRC : M23 yigaruriye umujyi wa Nyabiondo muri Masisi

Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira umujyi wa Nyabiondo uherereye mu ifasi ya Masisi mu majyaruguru ya Kivu nyuma yo gutsinsuramo ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC ] zakoreraga muri kariya gace . Ifatwa rya Nyabiondo rije nyuma y’imirwano ikomeye yabaye hagati y’uyu mutwe n’ingabo za FARDC zari zifite ubufasha bw’ingabo…

Read More