RIB yatanze umuburo ku bantu bakora ubucuruzi bw’amafaranga butemewe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda kwirinda ubutekamutwe bwa nshore-nunguke bukorerwa kuri murandasi harimo n’abitwa Deere Equipment n’ibindi bigo bikora nkacyo. Ubu butekamutwe bukorwa n’abantu bakangurira abandi kubwinjiramo umaze kwiyandikisha ku rubuga (www.e-deere.vip/register?pId=JKE93N) no gushoramo amafaranga ubinyujije kuri nimero uhabwa, hanyuma ukerekwa inyungu ubona bitewe n’ayo ushoye. Amakuru ahari nuko aba abiyita abashoramari bagenzura uru rubuga…

Read More

Rusizi : Umugore w’imyaka 37 amerewe nabi nyuma yo kurumwa n’ingurube

Umugore witwa Ngendakumana Marie utuye mu murenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi arasaba ubufasha kubera ko aherutse kurumwa n’ingurube y’uwitwa Celestin Nsengimana ikamukomeretsa cyane ubwo bahuraga ayivanye kuyibangurira . Ngendakumana Marie w’imyaka isaga 37 utuye mu mudugudu wa Banamba , akagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi arasaba leta…

Read More

RIB yataye muri yombi umwarimu wishe umugabo w’imyaka 47 amwibeshyemo umujura

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rwatangaje ko rwataye muri yombi umwarimu witwa Muhayimana Vincent utuye mu karere ka Nyamasheke ukurikiranyweho icyaha cyo kugubita kugeza yishe umugabo avuga ko yari yitiranije n’umujura . Vincent Muhayimana wari umurezi ku rwunge rw’amashuri rwa Bushenge ruherereye mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Uburengerazuba afungiye…

Read More

Kigali : Polisi na RDF biteguye gutangira ibikorwa byo kuzamura imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage

Kuva ku wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025, Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’izindi nzego bazatangiza ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, bizaba bigizwe n’imishinga itandukanye n’inkunga bizafasha abaturage mu iterambere. Ni ibikorwa byateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti: “Ubufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano mu…

Read More

Perezida Kagame yahaye Col Stanislas Gashugi inshingano nshya

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi, ahabwa ipeti rya Brig Gen, anagirwa Umuyobozi w’Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda (Special Operations Force). Mu itangazo ryashizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Werurwe 2025 n’ubuyobozi bwa RDF , Perezida Kagame yatangaje impinduka zuko Col Stanislas Gashugi yazamuwe…

Read More

Minisitiri Dr Utumatwishima yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kumenya amateka y’u Rwanda kuko yuje iby’ingenzi byose byaruyobora ku kwanga ikibi n’amacakubiri, ahubwo bakarushaho gukunda Igihugu no kugikorera. Ibi yabitangarije mu ihuriro ryahuje abarenga 800 baturutse mu Turere twa Karongi, Rubavu, Rusizi, Ngororero, Nyamasheke na Rutsiro, bahuriye mu biganiro bizwi nka ‘Rubyiruko…

Read More

Kigali : Abashoferi b’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange barasabwa kwirinda ibiteza impanuka

Abashoferi batwara imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange , bibukijwe inshingano n’uruhare rwabo mu kwirinda no gukumira impanuka zo mu muhanda. Ni mu bukangurambaga bw’Umutekano wo mu muhanda buzwi ku izina rya “Gerayo Amahoro” bwabereye mu kigo abagenzi bategeramo imodoka (Gare) ya Nyabugogo, mu Karere ka Nyarugenge mu rwego rwo kubashishikariza gukumira impanuka zihitana…

Read More

Muhanga : Umwanda wo mu bwiherero bw’ishuri wasenye amazu y’abaturage

Abaturage bo mu karere ka Muhanga barataka ikibazo cy’imyanda yaturutse mu mwobo w’imisarane y’ishuri ryisumbuye rya Gahogo Adventist Academy riherereye mu murenge wa Nyamabuye wo muri aka karere yasandaye kubera imvura nyinshi hanyuma igasenya amazu n’ ibiraro bibiri by’amatungo magufi . Iyi myobo y’imisarane [ Fosse Septique ] yo muri iri shuri riherereye mu kagari…

Read More