Muhanga : Umugabo w’imyaka 75 yiyemereye ko yasambanije umwuzukuru we w’imyaka 10

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Werurwe 2025 , Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye  umugabo w’imyaka 75 ukekwaho gusambanya umwuzuku we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwemeza ko icyaha uyu mugabo akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 27 Gashyantare 2025 mu mudugudu wa Njamena, akagari ka Kibaga, mu murenge wa Rungendabari….

Read More

Dore ibihugu bimaze kwegukana igikombe cy’isi inshuro nyishi kurusha ibindi

Igikombe cy’isi ni irushanwa rifatwa nk’irya mbere mu marushanwa yose ya ruhago yitabirwa ku isi ndetse rikaba rinahagararirwa n’ibihugu bitandukanye kuri buri mugabane impamvu iri mu zituma riza ku gasongero mu marushanwa yisangwamo na benshi. Iri ni irushanwa rimaze gukinwa inshuro 22, aho iriheruka ryo muri 2022, ryabereye mu gihugu cya Qatar. Kuva ritangiwe gukinwa…

Read More

Muhanga : impugenge zikomeje kuba zose ku kiraro cy’ibiti bine kinyurwaho n’abanyeshuri

Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye barasaba leta ubufasha bwo kubasanira ikiraro kinyurwaho n’abanyeshuri cyamaze kwangirika mu buryo bukomeye ku buryo gishobora no gutwara ubuzima bw’abantu . Abaturage batuye mu midugudu ya Nete na Gasenyi baragaragaza ko batewe impungenge n’ikiraro cyamaze gusenyuka ndetse kuri ubu bakaba barashyize ibiti byo…

Read More

Karongi : Umugore yiyiciye umugabo we anigamba kuri Mudugu ati ‘Ndamurangije”

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko rwataye muri yombi Mukandoreyaho Josephine wari utuye mu karere ka Karongi ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugabo we witwa Uwifashije Metusela w’imyaka 63 akoresheje umuhoro hanyuma akajya kwigamba ku muyobozi w’umudugudu amubwira ko yamurangije . Umutarage witwa Mukandoreyaho Josephine w’imyaka 53 wari utuye mu mudugudu wa Uwiraro , Akagari ka…

Read More

Icuruzwa ry’abantu nka verisiyo nshya y’ubucakara ku isi – UN

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ibindi byaha (UNODC) rivuga ko icuruzwa ry’abantu rifatwa nk’uburyo bugezweho bw’ubucakara ndetse no gushakira inyungu ku bandi. Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’umurimo (ILO) bwo muri 2017, bwagaragaje ko iki cyaha cyagize ingaruka mu buryo butandukanye ku bagore, abagabo n’abana bangana na miliyoni 24.9 ku isi hose. Itegeko nimero 51/2018 ryo…

Read More

Izicuruza amashusho y’urukoza soni ziza hafi; imbuga10 za internet zisurwa cyane ku isi

Ikoranabuhanga riri gutera imbere cyane umunsi ku munsi, ihererekanyamakuru ririkuva mu buryo bwakera(Traditional way) rijya mu buryo bugezweho(digital way) , aho kuri ubu ibintu byinshi birebwa ndetse bigakurikiranwe hakoreshejwe murandasi. Ibi bishoboka kuko ari ama-Website atagira ingano ku isi akora iyo mirimo itandukanye nayo agashyigikirwa n’ububiko rutura(Servers), bubika ibyashyizwe kuri ayo ma website uhereye no…

Read More

Kenya na Nigeria mu byago byo kubura imiti igabanya ubukana bwa Virusi itera SIDA _ OMS

Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima ryatangaje ko ibihugu 8 birimo Nigeria , Kenya na Lesotho bishobora kwisanga bitagifite ubushobozi bwo kubona imiti igabanya ubukana bw’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA nyuma yuko Leta zunze ubumwe z’Amerika zihagaritse inkunga zatangaga ku bihugu by’amahanga muri progarame ya USAID . Uyu muburo uje nyuma y’amavugurura yashyizweho na Perezida Donald…

Read More

Sobanukirwa VISA yitwa ‘Schengen’ iguhesha kujya mu gihugu cyose ushaka mu Burayi

Visa ya Schengen ni visa itangwa na bimwe mu bihugu binyamuryango by’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ku bantu baturutse hirya no hino ku isi , aho yemerera umuntu uyibonye kwinjira no kugenda muri ibyo bihugu nta nkomyi. Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 27 bibarizwa ku mugabane birimo nka Germany, Austria, Belgium, Croatia, Czech Republic, Denmark,Finland, France, Greece, Hungary,…

Read More

Umuyoboro w’amazi n’inzu 5 : Twinjirine mu byitezwe kuzasigwa n’ibikorwa by’Ingabo na Polisi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025 ,  hirya no hino mu Gihugu hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ingabo na Polisi y’Igihugu mu iterambere n’imibereho myiza bigamije kwimakaza ubufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano mu kwizihiza  Kwibohora ku nshuro ya 31 n’imyaka 25 y’imikoranire na Polisi . Mu gutangiza ibi bikorwa , mu Karere ka Rulindo Ingabo…

Read More