Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

BREAKING : Itorero riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzimagatozi

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwatangaje ko rwambuye icyangombwa cy’ubuzimagatozi Itorero Grace Room Ministries, riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda kubera kutubahiriza amategeko. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025 nibwo RGB yatangaje ko yambuye icyemezo cy’ubuzimagatozi Grace Room nka Minisiteriya ihuriwemo n’indi miryango kubera kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize…

Read More

Ese Papa Francis wasezeweho bwa nyuma n’imbaga ni muntu ki ku Rwanda ?

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Mata 2025 ,abantu basaga ibihumbi 200 bitabiriye umuhango wo guherekeza bwa nyuma Papa Francis ,uyu muhango ukaba watangirijwe ku Mbuga yitiriwe Mutagatifu Petero iherereye i Vatican . Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro no gushyingura Papa Francis witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo abami, abakuru b’ibihugu na za guverinoma n’Abakirisitu Gatolika…

Read More

Pope Francis aherutse kwitaba Imana, Papa mushya azatorwa ryari?

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi akaba n’umwepisikopi wa Roma, Pope Francis, ku munsi w’ejo byemejwe ko yitabye Imana azize indwara y’umutima ndetse no guturika tw’udutsi tujyana amaraso mu bwonko ibizwi nka ‘Stroke’ , nyuma yo kumara iminsi arwaye akaza gusa nk’uworohewe. Mu gutangaza urupfu rwe Umuvugizi wa Vaican Cardinal Kevin Ferrell. Yagize Ati “Muri…

Read More

Urutonde rw’abapadiri babaye abaperezida b’ibihugu nubwo babibuzwa na Kiliziya

Abasaseridoti n’abihaye Imana muri rusange babuzwa na Kiliziya Gatolika kwivanga mu bikorwa bya politiki kuko bihabanye n’amategeko ndetse n’amabwiriza igenderaho nk’uko bigaragara mu ngingo ya 285 , 1285 mu bika bitandukanye by’igitabo cy’amategeko ya Kiliziya. Muri iyi nkuru reka turebere hamwe abapadiri babaye abayobozi b’ibihugu bitandukanye ku isi! 1.Fulbert Youlou, Uyu yabaye perezida wa mbere…

Read More

Kiliziya irasaba Abasaseridoti n’Abihayimana kwirinda kwivanga muri Politiki

Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje ibibazo bya politiki kiliziya Gatolika mu Rwanda irasaba Abasaseritodi n’Abihayimana muri rusange kwirinda kwivanga mu migambi ya Politiki iyari yo yose kuko biri mu byo kiliziya iziririza Kandi bikaba bitari mu nshingano zayo . Ibi byatangajwe binyuze mu ibaruwa y’Abepisikopi yanditswe ku itariki ya 14 Werurwe 2025,…

Read More

MUSANZE : abagororwa basabwe kwitwara neza mu gihe cyo kwibuka

Mu igororero rya Musanze habereye igiterane cy’ivugabutumwa ry’ itorero ADEPR cyakorewemo umuhango w’umubatizo no kwakira abakiristu bashya hanatangwa inkunga y’ibikoresho bitandukanye ku bahagororerwa. Muri iki giterane cyari cyitabiriwe na Réverend Pasteur SAFARI Wilson, umushumba w’ururembo rwa Muhoza habereyemo imihango itandukanye, aho abagororwa 33 babatijwe, 7 barakirwa ndetse n’abandi 4 barasengerwa. Iki  giterane kandi cyari cyanitabiriwe…

Read More

Kigali : Abayisilamu basoje igisibo bari bamazemo ukwezi kose

Kuri iki cyumweru taliki 30 Werurwe idini ya isilamu ryasoje igisibo cya Ramadani ryari rimazemo ukwezi kose ,bizihiza umunsi mukuru wa EIDIL FITRI. Ni isengesho ryayobowe n’Umuyobozi mukuru w’Idini ya Isilamu mu Rwanda Sheikh Sindayigaya Musa, rikaba ryabereye kuri sitade ya Kigali Pele stadium ku rwego rw’Igihugu. Igisibo cya Ramadani ni igihe abayisilamu kumpazisi zose…

Read More