Rayon Sports iri mu biganiro byo gusinyisha Samuel Pimpong wahoze muri Mukura VS
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye ibiganiro n’Umunya-Ghana Samuel Pimpong kugira ngo aze kuyisinyira, nyuma yo gutandukana na FC Shiroka yo muri Albania nyuma ya shampiyona ya 2024/2025. Pimpong w’imyaka 25 y’amavuko, yigeze gukinira Mukura Victory Sports ku gihe cy’umutoza Afahmia Lotfi, aho yigaragaje nk’umwe mu bakinnyi b’ingenzi bifashishwaga ku ruhande rw’iburyo. Uyu mukinnyi yamenyekanye cyane…