Son Heung-min gusohoka muri Tottenham; urugendo rw’iyi kipe muri Koreya y’Epfo ruramutindije !

Ejo hazaza ha rutahizamu w’Umunya-Koreya y’Epfo, Son Heung-min, muri Tottenham Hotspur haracyari mu gihirahiro, mu gihe hakomeje kuvugwa ko amakipe yo muri Saudi Arabia yifuza kumwegukana. Son, ubu ufite amezi 12 gusa asigaje ku masezerano ye, ashobora kugurwa mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/26 utangira. Nubwo ibyo bishoboka, amakuru ava mu bantu b’imbere muri Tottenham…

Read More

Uwahoze asifura muri Premier League yajyanwe mu nkiko azira Jurgen Klopp

David Coote wahoze ari umusifuzi ukomeye muri Premier League yarezwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA) kubera amagambo asebya yavugiye kuri Jurgen Klopp wahoze atoza Liverpool.  Ibi byaturutse ku mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu Ugushyingo 2024, aho Coote agaragara avuga nabi uyu mudage n’ikipe ya Liverpool. Nyuma y’iyi video, Coote yahagaritswe by’agateganyo maze mu…

Read More

Ikipe yo mu Butaliyani irasaba ko yasubikirwa umukino nyuma yuko abakinnyi n’abatoza bayo bose barwariye icyarimwe

Nyuma yo kuva gukina umukino ubanza batsinzwemo n’ikipe ya Sampdoria, ibitego bibiri ku busa ubuyobozi bw’ikipe ya Salernitana, bwasabye ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago mu Butaliyani ko umukino wo kwishyura wasubikwa ahanini bitewe n’icyo bise amarozi cyatumye abakinnyi n’abakozi b’ikipe barwara bikomeye. Amahirwe yo kuba ikipe ya Salernitana, yaguma mu cyiciro cya kabiri(serie B) yakomwe…

Read More

FIFA Club World Cup : Nyuma yo kubona rutahizamu  ;Chelsea FC yizeye gutwara igikombe

Umutoza  wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe ayoboye yiyemeje gutwara igikombe cya FIFA Club World Cup,kubera ko yizeye cyane rutahizamu mushya Liam Delap. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza yasinyiye Chelsea muri Kamena 2025 avuye muri Ipswich Town, aho biteganyijwe ko azahangana na Nicolas Jackson ku mwanya wa nimero 9. Maresca yahishuye ko yizeye ubushobozi…

Read More

Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Brazil na Argentine zirimo, amakipe amaze kubona itike y’igikombe cy’isi cya 2026

Ikipe y’igihugu ya Brazil iherutse gutsinda iya Paraguay igitego kimwe ku busa(1-0), bituma ibona itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibihugu ibihugu bimaze kubona itike yo kuzakina igikombe cy’isi cya 2026! Africa: Amakipe 53 n’iyo yitabiriye imikino yo gushaka itike y’igikombe…

Read More