Nigeria izabona asaga miliyoni imwe y’amadorali nitwara igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu ya Nigeria yabwiwe ko izacakira akabakaba hafi miliyoni y’idorali igihe yatwara igikombe cy’Afurika cy’abagore 2024, giteganyijwe gutangira uyu munsi mu gihugu cya Morocco. Ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago muri Afurika (CAF) ryamaze gutangaza ko ryazamuye ibihembo byatangwaga mu gikombe cy’Afurika cy’abagore ho izamuka rya 100%, ku bihembo byose. Ibi bikaba bivuze ko mu…

Read More

Haruna Niyonzima yagize icyo avuga ku gusezera ruhago

Umunyabigwi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi), Haruna Niyonzima yaciye amarenga ko acyiteguye gukomeza gukina umupira w’amaguru. Ibi bikubiye mu cyiganiro uyu mukinnyi wabaye Kapiteni w’igihe cyirekire w’Amavubi yagiranye na “Isibo Radio” kibanze ku rugendo rwe rwa ruhago n’igihe ateganya gusoza uru rugendo. Niyonzima Haruna yagize Ati, “Ngewe ntabwo mbayeho ku bwabantu nubwo dutuye…

Read More

Perezida wa La Liga yatangaje amagambo yakuye umutima abafana ba Barcelona ku ngingo ya Nico Williams

Umuyobozi wa shampiyona y’igihugu ya Esipanye, Javier Tebas yatangaje ko kuri ubu ikipe ya Barcelona nta bushobozi ifite bwo kwandikisha Nico Williams iramutse imuguze. Ibi perezida wa La Liga abitangaje mu gihe Barcelona iyoboye urugamba rwo gusinyisha uyu Munya-Esipanye ufite amamuko muri Ghana , Nico Williams ndetse bakaba biteguye kwishyura amafaranga yatuma ava mu ikipe…

Read More

Kepa Arrizabalaga yerekeje muri Arsenal: Urugendo rushya ku mpano yaciriwe urubanza n’igiciro cyayo

Ikipe ya Arsenal yemeje ko yasinyishije ku mugaragaro umunyezamu w’Umwesipanyoli Kepa Arrizabalaga avuye muri Chelsea ku masezerano y’imyaka itatu, mu igurwa ryatwaye miliyoni £5. Ibi bikurikiye igihe yamaze ari mu ikipe ya Bournemouth ku ntizanyo, aho yakinnye imikino 35 mu mwaka ushize. Kepa w’imyaka 30 yavuze ko yishimiye intambwe yateye agira ati: “Ndanezerewe cyane kuba…

Read More

Imyitozo ya Rayon Sports yasubitswe!

Ikipe ya Rayon Sports yagombaga gutangira imyitozo kuri uyu wa mbere wa tariki 30 Kamena 2025, ntikibaye kubera umubare w’abakinnyi benshi b’iyi kipe biganjemo abanyamahanga bataragera mu Rwanda. Ikipe ya Rayon Sports yamaze kugura abakinnyi batatu inongerera amasezerano umukinnyi umwe , Abarundi babiri Prince Michael Musore ukina ku ruhande rw’ibumoso, Tambwe Gloire, ndetse na Rushema…

Read More

CHAN 2024: Byose wamenya kuri iri rushanwa rizaba rikinwa ku nshuro ya munani

Irushanwa rya CHAN, risanzwe rihuza amakipe y’igihugu y’abakinnyi bakina imbere wabo mu gihugu, uyu mwaka rero binyuze muri CAF, ni irushanwa byemejwe ko rizabera mu bihugu bitatu bisanzwe bibarizwa muri Afurika y’Uburasirazuba (Kenya, Tanzania na Uganda) maze rikaba hagati ya taliki 2 kugeza 30 Kanama uyu mwaka. Iri ni irushanwa rizaba rikinwa ku nshuro ya…

Read More

Paul Pogba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Monaco nyuma yo guhagarikwa kubera imiti itemewe

Nyuma y’igihe kirekire kitari cyoroshye, Paul Pogba yongeye kugaruka mu kibuga cy’umupira w’amaguru mu buryo bwemewe n’amategeko, nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri n’ikipe ya AS Monaco yo mu Bufaransa. Uyu mukinnyi wahoze akinira Manchester United na Juventus, w’imyaka 32, yahagaritswe by’agateganyo muri Nzeri 2023 nyuma yo gusangwamo imiti itemewe (DHEA) ubwo yasuzumwaga ku mukino…

Read More