Gen. Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura imihigo bagiranye

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura imihigo bagiranye bagasezerera ikipe ya Pyramids kuko ari cyo abakunzi b’Inkotanyi babategerejeho. Uyu Muyobozi w’ Icyubahiro w’iyi lkipe y’Ingabo z’Igihugu na we yavuze ko ubuyobozi bwiteguye gukora ibyo bwabasezeranyije anabibutsa ko intsinzi ari yo ntego. kuri wa Kabiri tariki 17…

Read More

UEFA Champions League 2024-25: Gahunda yose y’irushanwa, abakinnyi bo guhanga amaso ndetse n’ubusesenguzi bwimbitse ku isura nshya y’iri rushanwa

Isura nshya ya UEFA Champions League 2024-25 yagarutse .Bwa mbere mu mateka y’iri rushanwa, amakipe 36 azitabira iri rushanwa rikomeye rihuza amakipe yo mu Burayi ryubatse mu buryo amakipe akomeye yo ku mugabane w’iburayi ahura kenshi. Kugeza ku nshuro yayo ya 2023-24, Champions League yagaragaramo amakipe 32 agabanijwe mu matsinda umunani agizwe n’amakipe naho amakipe…

Read More

Premier League vs Manchester City: Manchester City iratangira kwiregura ku Ibirego 115 ishinjwa

Byategereje igihe kirekire, ariko iburanisha ryigenga ryerekeye Manchester City ku birego 115 bivugwa ko yarenze ku mategeko y’imari ya Premier League riratangira. Mu ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko ari “igeragezwa rya siporo yo mu kinyejana”, komisiyo y’abantu batatu baratangira kuri uyu wa mbere kugira ngo ishakishe ibimenyetso bifatika mu gihe cy’ibyumweru 10 biteganijwe ko…

Read More

Imbere y’abakunzi bayo ;Apr fc iguye miswi na Pyramids yo mu misiri

Mu kanya gashize Kuri Sitade Amahoro, ikipe ya Apr FC imaze kunganya na ekipe ya Pyramids igitego kimwe kuri kimwe mu mukino ubanza w’injojora ry’ibanze w’irushanwa nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo rizwi nka TOTAL CAF CHAMPIONS LEAGUE . Ni umukino wari wahuruje imbaga y’abakunzi ba ekipe y’ingabo z’igihugu ndetse n’ab’umupira w’amaguru muri rusange…

Read More

Dore icyo Gen.MK Mubarakh MUGANGA yaganirije abasore ba APR FC mbere yo gucakirana na Pyramids

Gen.MK Mubarakh MUGANGA usanzwe ari Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, yasuye APR FC mu myitozo ibanziriza iya nyuma yo kwitegura umukino uzayihuza na Pyramids FC mu ijonjora rya kabiri ryo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo [TOTAL CAF CHAMPIONS LEAGUE]. Ni imyitozo yakorewe muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya…

Read More