AFCON 2025 : Nyuma yo kwimwa iho iparika indege ; Nigeria yasubiye iwabo shisha itabona !

Nijeriya yanze gukina umikino w’amajonjora y’igikombe cy’Afurika (AFCON) yari ifitanye na Libiya nyuma y’imyitwarire idahwitse yaranze ubuyobozi bwa Libya yagaragaje nyuma yuko banze guha indege yari itwaye ikipe ya Nigeria aho iparika bikarangira isubiye iwayo . Kuri uyu wa mbere, Ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Nijeriya (NFF) ryemeje ko ikipe y’igihugu yabo yasubiye mu rugo nyuma…

Read More

Bénin isabwa gutsinda Amavubi ikajya mu gikombe cya Africa yageze mu Rwanda mu kizere kinshi

Ikipe y’Igihugu ya Bénin yageze i Kigali saa mbiri n’iminota 25 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru nyuma yo gukora urugendo rw’amasaha atanu n’iminota 15 mu ndege bakaba baje gukina umukino wo kwishyura uzabera kuri sitade Amahoro. Bénin yatsinze umukino ubanza ibitego bitatu ku busa  bw’Amavubi(3-0) umukino wabereye Felix Houphouet Boigny mu gihugu  cya Ivory…

Read More

Lee Carsley yatsembye yivuye inyuma ibyavugwaga ko ari we ushobora kuzatoza abongereza mu buryo buhoraho !

Lee Carsley yatangaje ko atigeze asaba kuba yahatanira kuba umutoza mukuru uhoraho w’Ubwongereza ugomba gusimbura Gareth SouthGate weguye kuri izi nshingano . Lee carsely nyuma yo kwararikwa n’ikipe y’igihugu y’ubugereki yafatwaga nk’insina ngufi imbere y’intare eshatu z’abongereza ariko bikaza kurangira imutsinze ibitego bibiri kuri kimwe mu mikino ya UEFA NATIONS LEAGUE yabaye ku munsi wo…

Read More

Abahagarariye u Rwanda mu Igikombe cy’Isi gihuza amakipe y’abato abarizwa mu marerero ya Bayern Munich bageze mu Budage

Impano icumi zavuye muri academy ya Bayern Munich yo mu Rwanda zageze i Munich amahoro aho zigiye gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’ama-academy ya FC Bayern 2024, izatangira ku ya 15 Ukwakira . Amakuru ahamya ibyo kugerayo k’uru rubyiruko yahamijwe na Minisiteri ya siporo ibicishije ku urukuta rwayo rwa X yahoze ari tweeter yavuze ko impano…

Read More

Nyuma y’urugendo rudasanzwe yagize ; Andres Iniesta yasezeye burundu kuri ruhago

Uwahoze ari umukinnyi wo hagati wa Barcelona na Espagne Andres Iniesta yatangaje ku mugaragaro ko asezeye mu mupira wamaguru. Ibi yabitangaje abinyujije kuri konte ye ya Instagram. Mubuzima bwe buhebuje, Iniesta yamaze igihe kinini muri Barcelona, ​​aho yakinnye imikino 723 itangaje kandi ku rwego rwo hejuru , harimo niy’ikipe yabigenewe. Yatangiye uyu mwuga wo guconga…

Read More

Ese APR yaciye amarenga ko yazatanga akazi kuri A.S Kigali na Rayon sports mu Shampiyona y’abari n’abategarugori.

Ese APR yaciye amarenga ko yazatanga akazi kuri A.S Kigali na Rayon sports mu Shampiyona y’abari n’abategarugori nyuma yuko APR WFC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 mu mukino ufungura Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori. Uwo mukino wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5/10/2024 ukaba wabereye kuri Kigali Pele Stadium APR WFC yawutangiranye…

Read More

Premier League : Manchester united igiye gutana mu mitwe na Aston Villa ; Menya byose bivugwa mbere y’umukino

Aston Villa igiye kwakira ikipe ya Manchester United kuri iki cyumweru mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’abongereza izwi nka Premier League mu mwaka w’imikino wa 2024/25 , uyu mukino ugiye kubera kuri sitade ya Villa Park,iherereye i Birmingham . Umutoza wa Manchester united Eric Ten Hag mu kiganiro n’itangazamakuru yahamagariye abakozi be nabakinnyi…

Read More

Premier League : Liverpool ikomeza kuyobora urutonde ; mu makipe makipe makuru ntayakoze ikosa

Ikipe ya Liverpool yongeye kuyobora izindi ku rutonde rwa shampiyona y’ubwongereza rw’agateganyo nyuma yuko igitego cya Jota gifashije iyi kipe gutsindira igitego 1-0 ikipe ya Crystal Palace bagahita banandika intsinzi yabo ya gatandatu mumikino irindwi muriyi shampiyona. menya n’ibindi byavuye ku bindi bibuga muri iyi shampiyona ya ENGLISH PREMIER LEAGUE; Liverpool itozwa n’umuholandi Arne Slot…

Read More

Rwanda Premier League yatanze umurongo ku isubikwa ry’umukino wa Rayon Sports na Apr fc

Rwanda Premier League yatangaje ko yakiriye ubusabe bwa APR FC yifuza kubanza gukina na Rutsiro na Bugesera mbere yo guhura na Rayon Sports . Aya makipe ahora ahanganye kurusha ayandi mu Rwanda, yagombaga kuzacakiranira kuri Stade Amahoro tariki 19 z’uku kwezi mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona wagombaga gukinwa tariki 14 Nzeri ubwo…

Read More