Mukansanga Salima yemeje ko yavuye mubyo gusifura ruhago

Umusifuzi mpuzamahaganga w’Umunyarwanda Salima Mukansanga yemeje ko yafashe umwanzuro wo gusezera mu mwuga wo gusifura. Uyu mugore uri mubari bakomeye muri uyu mwuga mu Rwanda yabitangaje nyuma yo kumara iminsi atagaragara mu bikorwa byinshi by’umwuga we hano mu Rwanda byumwihariko mu gusifura imikino y’ashampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ndetse n’amarushanwa mpuzamahaganga. Mukansanga Salim yagize…

Read More

Nemanja Vidić yateye icyotezo Cristiano Ronaldo bakinanye

Umunya bigwi wa Manchester united Nemanja Vidić yavuze ko ibyo Cristiano Ronaldo byose yagezeho abikesha gukora cyane mu buzima bwe. Uyu Munya-Serbia wakiniye Manchester united kuva mu mwaka wa 2006 kugeza 2014, yabitangaje igihe yavugaga kuri uyu Munya-Portugal bakinanye muri iyi kipe igihe batozwaga na Sir Alex Ferguson. Uyu myugariro wabaye igitangaza mu ikipe ya…

Read More

CHAN 2024 : Amavubi yahamagaye abagomba kuzavamo abesurana na Djibouti

Umutoza w’Amavubi, Frank Spittler Torsten, yahamagaye abakinnyi 26 bagomba kwitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024 ) u Rwanda ruzahuriramo na Djibouti . Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, tariki ya 20 /Ukwakira/ 2024, ni bwo Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Frank Spittler, yashyize ahagaragara urutonde rw’agateganyo rw’abo yifuza kuzakinisha mu…

Read More

Premier League : Kera kabaye Manchester united yacyuye amanota atatu imbumbe !

Ikipe ya Manchester united imaze kubona amatatu imbumbe imbere y’ikipe ya Brentford nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe bya Alejandro Garnacho Ferreyra na Rasmus Højlund byaje baje byishyura igitego cyaje mu minota ya mbere cya Pinnock wabanje gufungura amazamu kuruhande rwa Brentford . uyu wari umukino wari utegerejwe cyane muri shampiyona y’ikiciro cya mbere…

Read More

Eddy Howe wa Newcastle yabeshyuje ibyavugwaga ko yaba yarahigitswe na Thomas Tuchel ku mwanya wo gutoza Ubwongereza

umwongereza Eddy Howe usanzwe utoza ikipe ya Newcastle yatangaje ko atigeze na rimwe akoreshwa ikazamini icyari cyo cyose yaba ibazwa ryo mu biganiro cyangwa ikizamini cyanditse cy’akazi n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’ubwongereza ku bijyanye no kuba yatoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza iherutse guhabwa gutozwa n’umudage Thomas tuchel . Aya makuru yuko Eddy Howe yaba yari mubahigitswe na…

Read More

Lamine Yamal izahabu idakorwaho ya Barcelona yatanzweho agera kuri  €250m

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporta yatangaje ko Paris Saint-Germain(PSG) yabahaye agera kuri €250m kuri Lamine Yamal ariko barayanga muri iri soko ry’igura n’igurisha riheruka . Muri uyu mwaka wa 2024 nibwo ikipe ya Paris Saint-Germain y’umutoza  Luis Enrique yatandukanye  n’Umufaransa  Kylian Mbappé werekeje mu ikipe ya Real Madrid, mu igenda rye yabitangaje hakirikare ku…

Read More

Amakipe amwe n’amwe yamaze gukatisha itike yerekeza muri AFCON Morocco 2025

Ibihugu bya Senegal na Burkina Faso biri mu byakatishije itike hakiri kare. Urugendo rwerekeza mu gikombe cy’Afurika giteganyijwe mu mwaka utaha rugeze ahakomeye aho amakipe atandukanye yamaze gukatisha itike ayemerera gukina iri rushanwa ry’abagabo rizakinwa umwaka utaha. Imikino ya majonjora nayo irakomeje aho hakinwaga umunsi wa 3 ndetse n’uwa 4, mu matsinda 12 amakipe akomeje…

Read More

Lionel Messi  yashyizeho akandi gahigo gashimangira ubuhangange bwe muri ruhago !

Lionel Messi yatsinze ibitego bitatu wenyine ndetse anatanga imipira ibiri ivamo ibitego mu mikino mpuzamahanga ikipe y’igihugu ya Arijantine yatsinzemo Boliviya ibitego 6-0 mu majonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi cya 2026 imbere y’imbaga y’abafana yari iteraniye kuri Stade Monumental. Messi nibwo yari agaragaye ku nshuro ya kabiri mu mukino mpuzamahanga kuva yakira…

Read More

Tuchel yemeye Kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza

Uwahoze atoza ikipe ya Chelsea niwe ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza. Mu nkuru dukesha ikinyamakuru BBC kiremeza ko gifite amakuru yizewe agaragaza ko umudage Tuchel ari we ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza akaba agiye kuba umutoza wa gatatu udakomoka mu bwami bw’abongereza ugiye kubikora nyuma y’umutaliyani Fabio Capello ndetse n’umunyasuwede Sven Goran Erickson…

Read More