Ubutatu busatirizi bwiza bwabayeho mu mateka y’umupira w’amaguru

Rivaldo,Ronaldo ndetse na Ronaldihno bishimira igitego. Umupira w’amaguru ni umwe mu mikino ikomeye ku isi ugendeye ku mbaga y’abafana bayikurikira ndetse no ku musaruro utanga ku bawushoyemo.Uyu Kandi ni umukino usangamo abakinnyi benshi b’ibihangange. Nubwo,muri sport zose bisaba guhuza imikinire mu gihe intsinzi ikenewe ni ngombwa ko dusubira inyuma tugaha agaciro bumwe mu busatirizi bwiza…

Read More

UEFA CHAMPIONS LEAGUE : Raphinha yafashije ikipe ya Barcelona kwararika ndetse no guhindanya Bayern Munich !

Ikipe ya FC Bayern Munich yangiriwe kuri sitade ya Estadio Olimpico Lluis Companys ibitego bine kuri kimwe na ekipe ya FC Barcelona mu mikino y’amatsinda avuguruye muri Uefa Champions Legue mu ijoro ryakeye . Ikipe ya Barcelona itozwa n’umudage Hans Flick yari yabanjemo abarimo Inaki Pena, Cubarsi, Balde, Martinez, Pedri, Lewandowski, Raphinha, Fermin, Casado, Yamal,…

Read More

Ingoma irimwa nande nyuma y’ubwami bwa Ronaldo na Messi ?

Harabura iminsi itageze ku cyumweru maze tukamenya uwegukana umupira wa zahabu,ni mu birori biteganyijwe ku wa mbere taliki ya 28 Ukwakira mu gihugu cy’ubufaransa. Muri iyi nkuru daily box iragaruka ku mateka y’abatwaye ballon d’or ariko bafite uduhigo bihariye ho guhera mu mwaka wa 1956 ubwo iki gihembo cyatangizwaga n’abanyamakuru b’Abafaransa, turagaruka Kandi no kuyandi…

Read More

UEFA CHAMPIONS LEAGUE 2024 : Ancelotti abona ko Vinicius akwiye gutwara Ballon d’or ; indi mikino iteganijwe muri iri joro [ full report ]

Umutoza wa Real Madrid, witwa Carlo Ancelotti, yashimye bidasanzwe Vinicius Junior nyuma yuko umukinnyi ukomoka muri Berezile atsinze ibitego bitatu wenyine mu gice cya kabiri kugira ngo abafashe kwegukana amanota atatu imbere ya Borussia Dortmund yari yabanje kubatsinda ibitego bibiri mu gice cya mbere muri Champions League. Ancelotti yabwiye abanyamakuru ko yizeye ko Vinicius w’imyaka…

Read More

Real Madrid ivunikishije inkingi za mwamba amahirwe atangira gusekera Barcelona kuri El Clásico ibura iminsi 4

Ikipe ya Real Madrid izakina umukino na Barcelona (El Clásico) muri izi mpera z’icyumweru idafite abakinnyi babiri bayo b’ingenzi barimo umuzamu Thibaut  Courtois ndetse na Rodrygo Silva de Goes. Mu mukino ikipe ya Real Madrid yanyagiyemo ikipe ya Borussia Dortmund ibitego bitanu kuri bibi(5-2) niwo mu kino aba bombi bavunikiyemo dore ko nka Rodrygo Goes yavuyemo…

Read More

Jose Mourinho yashimagije ubuhangange bwa Sir Alex Ferguson uherutse kwirukanwa muri Manchester united

Umunya-Portigale Jose Mourinho utoza ikipe ya Fenerbahce avuga ko urukundo rw’abafana ba Manchester United ku isi ari ingenzi kuri Sir Alex Ferguson kuruta miliyoni 2 z’amapound ku mwaka yatakaje nyuma yo kuvanwa ku mwanya wa ambasaderi w’ikipe. Ferguson azava ku mirimo ye mu mpera z’iyi shampiyona nyuma yuko nyir’umushinga mushya Sir Jim Ratcliffe yiyemeje gusesa…

Read More

Mikel Arteta yavuze ku mvune ya Calafiori yagize akaba ashobora kudakina umukino wa Liverpool

Riccardo Calafiori yagize imvune ishobora gutuma adakina umukino wa Arsenal na Liverpool uteganyijwe kuri iki cyumweru tariki ya 27 Ukwakira 2024. Hari mu mukino ikipe y’umutoza Mikel Arteta “Arsenal” yari yakiriye mo ikipe ya FC Shakhtar Donetsk yo muri Ukraine kuri Emirates Stadium. Ukaba umukino wa gatatu wa UEFA Champions League kuri iyi kipe yo…

Read More

Virgil van Dijk yatangaje ku hazaza he muri Liverpool nyuma yuko amasezerano ye agenda agana ku musozo !

Kapiteni wa Liverpool, Virgin van Dijk, yemeje ko ari mu biganiro byo kongera amasezerano ye muri iyi ikipe ndetse, anashima ko Arne Slot yibanze cyane mu gushyira imbaraga mu gice cy’ubwugarizi bwe ndetse iyi afata ibi nk’impamvu yatumye batangira shampiyona neza. Van Dijk, uzasoza amasezerano ye mu mpeshyi itaha hamwe na Mo Salah na Trent…

Read More

Xavi Hernandez ari guhabwa amahirwe menshi yo gusimbura Eric Ten Hag muri Manchester United !

Umunya – Esipanye Xavi Hernandez ari gushyirwa ku mwanya wa mbere ku mwanya w’umusimbura w’umutoza Eric Tenhag mu ikipe ya Manchester United igihe iyi kipe yaba ifashe icyemezo cyo kwirukana uyu mutoza . Amakuru ataruka mu mujyi wa Manchester avuga ko abahagarariye inyungu za Xavi Hernandez bamaze iminsi bari mu biganiro byibandaga kuba umukiya wabo [Xavi…

Read More