Ikipe ya Westham yatangaje impamvu yimye akazi umutoza Ruben Amorim ugiye gutoza ikipe ya Manchester united !

Ikipe ya Westham yashyize hanze impamvu nyamukuru yanze guha Ruben Amorim akazi ko gusimbura umunya – Scotland wahoze ari umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa David Moyes mu mwaka ushize . Kuri iki cyumweru, Amorim w’imyaka 39, asa nkaho ariwe ugomba guhita asimbura Erik TenHag muri Manchester United, nyuma yuko iyi ikipe ikunzwe gutazirwa amashitani atukura…

Read More

Vinicius yavuze ko impamvu ategukanye Ballon d’Or ari kubera ko ari umwirabura !

Umunya – Brazil Vinicius Junior yatangaje ko kimwe mu byatumye yimwa igihembo cy’umukinnyi wahize abandi ku isi kizwi nka  Ballon d’Or, ko harimo ni impamvu yuko ari umwirabura . uyu munya – Brazil yaraye arase amahirwe y’imbonekarimwe yo kwegukana kimwe mu bihembo bimaranirwa na benshi mu bakinnyi ku isi y’umupira w’amaguru nyuma yuko aje ku…

Read More

Bisa nk’ibyarangiye , Ruben Amorim wa Sporting Lisbon niwe ujyiye gusimbura Eric TenHag mu gutoza Manchester united !

Ikipe ya Manchester united iri mu biganiro bya nyuma n’umunya – Portigal utoza ikipe ya Sporting Lisbon kuba yayibera umutoza mukuru wayo nyuma yo kwirukana Umuholandi Eric Tenhag wayitozaga ku munsi wejo . Ikinyamakuru Dail Mail dukesha aya makuru cyatangaje ko nubundi no mu cyumweru gishize uwitwa Ruben Amorim yari umwe mu bari ku urutonde…

Read More

Ni iki cyo kwitega kuri Van Nistelrooy ugiye gusigarana Man Utd mu nzibacyuho ?

Ikipe ya Manchester united yatangaje ko yatandukanye n’Umuholandi Erick Ten Hag wari umutoza wayo, aho yahise asimbuzwa uwari umwungiriza we Ruud Van Nistelrooy. Si ubwa mbere izina Van Nistelrooy ryumvikanye I Manchester dore ko, akiri n’umukinnyi yanyuze muri iyi kipe igihe kigera ku myaka itanu, bikaba ari yo mpamvu byorohera buri mufana wa Manchester united…

Read More

Vinicius junior ntagitwaye Ballon d’or nk’uko byari byitezwe biha amahirwe Rodri

Umunya-Brazil Vinicius junior w’imyaka  24  byavugwaga ko ariwe ugomba kwegukaga  Ballon d’or  ya  2024 , byatangajwe ko atariwe uri buyegukane, amahirwe menshi akajya kuri Rodri wa Manchester City. Vinicius Junior w’imyaka  24  yegukanye  UEFA Champions League ndetse na shampiyona y’Igihugu ya Esipanye  mu mwaka ushize w’imikino gusa ntakintu kigaragara yigeze afasha ikipe ye y’igihugu ya…

Read More

Rimwe na rimwe njya nkumbura ubutoza, Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester united

Uwahoze ari umutoza w’ikipe ya Manchester united yo mu Bwongereza Sir Alex Ferguson aravuga ko ajya akumbura gutoza iyi kipe nyuma yo kuyisezeraho muri 2013. Uyu munyabigwi, yabaye umutoza w’ikipe ya MAN United guhera mu 1986 kugeza asezeye muri 2013, aho yafashije iyi kipe guterura ibikombe byinshi bitandukanye. Mu gihe kingana n’imyaka 27 yamaze itozwa…

Read More

Fc Barcelona yakoresheje irihe banga kugirango inyagire kandi irusha bikomeye Real Madrid ? [ inkuru ishingiye k’ubusesenguzi ]

ikipe ya Real Madrid yaraye inyagiwe n’ikipe ya Fc Barcelona ibitego bine ku ubusa ihita inayirusha amanota atandatu ku urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona nyuma y’ uyu mukino w’umunsi wa cumi na rimwe muri shampiyona y’igihugu ya Esipanye [ Laliga ] , ibi bitego bikaba byatsinzwe n’abarimo Yamine Lamal ,Robert lewandowski na Raphael Bellori bakunze kwita…

Read More

Uwakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal yavuze cumi n’umwe bahuriweho hagati ya Arsenal na liverpool !

umufaransa  Bacary Sagna yatangaje abakinnyi cumi n’umwe beza bahuriweho n’ikipe ya Liverpool na Arsenal mbere yuko izi ikipe zitana mu mitwe ku munsi wo ku cyumweru mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona y’igihugu y’ubwongereza [ English Premier League ] . Uyu mufaransa wakiniye ikipe ya Arsenal yugarira ntiyigeze azuyaza cyangwa ngo arye indimi ubwo…

Read More

Kera kabaye CAF yafashe icyemezo ku mukino wa Libya vs Nigeria !

Ikipe y’igihugu ya Libya yatewe mpaga y’ibitego 3-0 ndetse inacibwa amande ya 50,000$ Isi y’umupira w’amaguru yari itegerezanyije amashyushyu menshi icyemezo cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ku mukino w’ikirarane wagombaga guhuza ikipe y’igihugu ya Nigeria ndetse n’iya Libya,uyu mukino ukaba waragombaga gukinwa ku italiki ya 15 Ukwakira 2024. Amakuru Daily–box ifitiye gihamya nuko mu nama…

Read More

Manchester United yasabiye abakinnyi bayo rifuti mu ndege ya Manchester city ihabwa urwamenyo

Ikipe ya Manchester United yasabye Manchester City ko yaha  rifuti mu ndege abakinnyi bayo  Alejandro Garnacho ndetse na  Kobbie Mainoo  mu rugendo rwerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa mu bihembo bya Ballon d’or biteganyijwe gutangwa kuri uyu wa mbere. Mu muvuno mushya wa Sir James Arthur Ratcliffe wo kugabanya amafaranga ikipe ya Manchester United isohora ku mwaka…

Read More