Umutoza Jose Mourinho ntiyazuyaje mu gusubiza Pep Guardiola wamuvuzeho

Jose Mourinho ntiyigeze arya indimi mu gusubiza umutoza Pep Guardiola wamwishongoyeho avuga ko amurusha gutwara ibikombe. Ni umwiryane ahanini watangijwe n’intsinzwi ikipe ya Manchester city isanzwe itozwa na Pep Guardiola, yagize ubwo yahuraga na Liverpool, mu cyumweru gishize, aho umukino ukirangira abafana ba ikipe ya Liverpool, bumvikanye baririmbira umutoza Pep Guardiola, ko buracya yirukanwa nuko…

Read More

Rayon Sports yanditse amateka atarakorwa n’ikipe iyo ariyo yose yo mu Rwanda

Kigali, Rwanda – Ubuyobozi bwa Rayon Sports buratangaza ko amatike yose yo kwinjira mu mukino w’ikirarane uzahuza iyi kipe na APR FC, ku wa Gatandatu tariki ya 07 Ukuboza 2024, yamaze kugurwa. Uyu mukino uzabera muri Sitade Amahoro,yakira abafana ibihumbi 45, ukaba utegerejwe nk’umukino w’ishiraniro muri shampiyona y’u Rwanda. Rayon Sports yatangaje ko ibi ari…

Read More

Tombola y’Igikombe cy’Isi cy’Ama-Club 2025: Manchester City na Juventus zisanze mu Itsinda Rimwe

Tombola yo gutoranya amakipe azitabira Igikombe cy’Isi cy’Ama-Club cya 2025 (FIFA Club World Cup 2025) yabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Ukuboza 2024, mu Mujyi wa Miami, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi tombola, yashyizweho n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yateguwe mu rwego rwo kugena uko amakipe azashyirwa mu matsinda y’irushanwa rizatangira…

Read More

Premier League : Hashyizwe hanze abakinnyi n’abatoza bahatanira ibihembo by’Ugushyingo

Abakinnyi umunani baturutse mu makipe atandatu atandukanye nibo bashyizwe ku rutonde rw’abahatana, ni mu gihe kandi bishoboka cyane ko iki gihembo cyakwegukanwa n’umukinnyi mushya ku nshuro ya kane muri uyu mwaka w’imikino nyuma y’aho Chris Wood wa Nottingham forest atagaragaye ku rutonde. Nuno Espirito Santo utoza Nottingham forest nawe ntiyagaragaye ku rutonde nyuma yo kwegukana…

Read More

Hatangajwe abagomba kuzavamo usifura umukino wa Rayon Sports na APR FC

Abarimo Murindangabo Moïse na Ngabonziza Jean Paul, ni bo bashobora kuzatoranywamo umusifuzi uzayobora umukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona uzahuza amakipe y’abafana benshi mu Rwanda, Rayon Sports na APR FC, ku wa Gatandatu, tariki ya 7 Ukuboza 2024. Uyu mukino uzaba uri mu gihe nta musifuzi mpuzamahanga w’umugabo uzaba ari mu gihugu, kuko abasifuzi…

Read More

Marc Guehi mu mazi abira nyuma yo kwandika ijambo “Nkunda Yesu” ku mabara y’abatinganyi

Myugariro wa Crystal Palace, Marc Guehi, ashobora gukurikiranwa n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Football Association) nyuma yo kwambara igitambaro cy’abakapiteni kirimo amabara y’umukororombya, maze akandikaho amagambo y’idini agira ati: “Nkunda Yesu,” mu mukino wa Premier League wahuje ikipe ye na Newcastle United, warangiye amakipe yombi anganya 1-1. Uyu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo…

Read More

Chelsea izayobora umupira w’Abongereza mu myaka izaza : Enzo Maresca

Umutoza w’ikipe Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe atoza ifite ubushobozi bwo kuyobora ruhago y’ Abongereza hagati y’imyaka itanu n’icumi iri mbere. Uyu Mutaliyani w’imyaka 44 ntahwema kuvuga ko ikipe ye itari mu zigomba guhatanira igikombe n’ubwo magingo aya afite amahirwe menshi dore ko ikipe ye ari iya gatatu ku rutonde aho anganya ibintu byose…

Read More

Umuvugizi w’abafana ba APR FC Jangwani yagize icyo avuga ku makuru amwerekeza muri Rayon Sports

Umuvugizi ‘w’Abafana B’ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” Jangwani Frank yahakanye amakuru avuga ko yaganiriye n’abakunzi b’Areyosiporo barangajwe imbere na Gacinya Chance Dennis kugirango ayerekeze muri iyi kipe. Nk’uko amakuru yabivugaga yavugaga ko uwayoboye Rayon Sports akaba no mu buyobozi bwayo uyu munsi yamuganirije hagamijwe kumuzana mu ikipe ya Rayon Sports, cyane ko asanzwe anakorana n’uyu…

Read More