uruhuri rw’ibibazo rukomeje koreka Kiyovu Sports mu mazi abira !

Kiyovu Sports, imwe mu makipe  afite amateka kandi anakomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, irimo kwibasirwa n’ibibazo bikomeye muri Shampiyona ya 2023-2024.  Iyi kipe, kugeza ku munsi wa 12, iri ku mwanya wa nyuma n’amanota arindwi, bikaba byaratewe ahanini n’ibihano byafatiwe yo kutandikisha abakinnyi bashya kubera kutishyura abahoze ari abakinnyi bayo.  Ibi bibazo byatumye Kiyovu…

Read More

Ntago abahatanira gutwara Premier League banyerera nka Cucurella : Enzo Maresca 

Enzo Maresca utoza ikipe ya Chelsea yatangaje ko iyi ikipe iri gukora ibirenze ibyo yari itegerejweho ndetse kandi ko adateganya kuba yajya mu makipe ahatanira gutwara Premier League kuko ngo amakipe ashaka iki gikombe ntanyerera nka Marc Cucurella waraye ukoze amakosa yavuyemo ibitego bibiri iyi kipe yatsinzwe mu mukino yaraye itsinzemo Tottenham ibitego 4-3. Ku…

Read More

1000 Hills Derby : Umufana wa Rayon sports amaze gufatanwa itike y’inyiganano

Mu kanya gashize, mu gihe kuri Stade Amahoro hari hateye umuvundo mu gihe abafana benshi bari baje kureba umukino ukomeye uhuza amakipe abiri azwi cyane mu mupira w’amaguru mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports.  Uyu mukino, wari utegerejwe n’abatari bake, wabaye n’umwanya w’amahoro n’umutekano mu murwa mukuru, ariko hagaragaye ikibazo gikomeye cy’umufana w’ikipe ya…

Read More

USA : Igikorwa cya Perezida Joe Biden cyo guha Imbabazi umuhungu We gikomeje gutera urunturuntu

Mbere yo kuva ku butegetsi, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yafashe icyemezo gikomeye cyo guha imbabazi umuhungu we, Hunter Biden, ku byaha byose yari akurikiranwaho n’inkiko. Iki cyemezo cyateje impaka mu gihugu ndetse n’ahandi ku isi, kubera ko cyaba kibaye ikindi gikorwa cyiza cya politiki cyangwa se cyigafatwa nk’icyenewabo kurundi ruhande. Hunter…

Read More

Umukino Everton yagombaga kwiramo Liverpool ntukibaye kubera impamvu karemano !

Umukino wa shampiyona y’icyiro cya mbere mu bwongereza wagombagaba guhuza ikipe ya Everton na Liverpool kuri sitade ya Goodison Park wasubitswe kubera ikirere cyibi gikomeje kuba muri kariya gace kegeherereye iruhande rw’umugezi wa Merseyside kubera serwakira yiswe Darragh ikomeje guca ibintu . Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu , ubuyobozi bw’agace Merseyside bwaramutse butanga…

Read More

CAF Champions League  : TP Mazembe yahuye n’isanganya mu rugendo mbere yo Gucakirana na Al Hilal

DAILY BOX , DRC :Ku munsi wejo , Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yahuye n’isanganye  nyuma yo gusubikirwa urugendo rwerekezaga mu gihugu cya Mauritania  aho yari yerekeje  gutana mu mitwe  na Al Hilal mu mikino ya CAF Champions League.  Ibi bibazo by’ingendo byabaye mu gihe abakinnyi n’abatoza bari…

Read More