Abanyuma bazatoranwamo umukinnyi mwiza wa Africa 2024 bamenyekanye
Impuzamashyiharamwe y’aruhago muri Africa “CAF” yatangaje urutonde rw’abakinnyi batanu bazatoranwamo umwe uzatwara igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umwaka muri Africa. Ni ibihembo bizatangwa ku itariki ya 16 Ukuboza 2024, hazaba ari ku munsi wa mbere bikazatangirwa mu gihugu cya Morocco, hashakwa ugomba gukorera mu ngata Umunya-Nigeria Victor Osimhen wakegukanya muri 2023 akiri mu ikipe ya Napoli. Mu…