English Premier League : Ikarita ya Robertson yatumye liverpool itikura imbere ya Fulham !

Ikipe ya Liverpool imaze kunganya n’ikipe ya Fulham ibitego bibiri kuri bibiri mu mukino w’umunsi wa cumi na gatandatu wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bwongereza . Ni liverpool yatangiye umukino nabi kuko yatangiye itsindwa igitego cya Andrea Pereira hakiri kare cyane kuko ku munota wa cumi na rimwe gusa uyu munya-Brazil yaramaze…

Read More

Rwanda Premier League : Apr fc ihaye isomo rya ruhago Mukura VS

Ikipe ya APR FC imaze gufata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiyona nyuma yo gutsinda Mukura VS ibitego 4-2 mu mukino w’umunsi wa 13 wa Rwanda Premier League wabereye kuri Kigali Pelé Stadium . Uyu wari umukino ukomeye ndetse wari witezwe kurebwa n’abakunzi benshi b’umupira w’amaguru b’umwihariko abafana b’amakipe ndetse byazaga binakubitaniraho ari amakipe…

Read More

Iby’amasezerano ya Lionel Messi witezwe mu gikombe cy’isi cy’amakipe byongeye kubyuka

Umunya-Argentine Lionel Messi ashobora kongera amasezerano ye mu ikipe ya Inter Miami ibarizwa muri shampiyona ya Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika “Major League Soccer “. Uyu Munya-Argentine wakiniye ikipe ya Barcelona na Paris Saint-Germain F.C. afite amasezerano azamugeza itariki ya 30 Kamena 2025, aho ubwo azaba afite uburenganzira bwo gusinyira indi kipe iyariyo yose ashaka. Uku…

Read More

Nzakora uko nshoboye ngarure Ben White mu ikipe y’igihugu : Thomas Tuchel

Umudage Thomas Tuchel uherutse kugirwa umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yatangaje ko yiteguye kubura ibiganiro bigamije kugarura myugariro wa Arsenal witwa Ben White mu kipe y’igihugu nyuma yuko yagiranye ibibazo n’umutoza yasimbuye witwa Gareth Southgate . Benjamin White [Ben White] aheruka mu kipe y’igihugu y’ubwongereza izwi nka Three Lions ubwo iyi kipe yari mu…

Read More

Umukinnyi Mohamed Salah yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’Ugushyingo

Umunya-Misiri Mohamed Salah yahiswemo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza nk’umukinnyi witwaye neza mu kwezi ku Gushying uyu mwaka turimo. Salah yitwaye neza atsinda ibitego 7 ndetse atanga n’indi mipira 7 yavuyemo ibitego nk’ibyo, ubwo ikipe ya Liverpool yatsindaga imikino 3 yose ndetse bikayifasha no kugumana ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo. Uyu yatsinze igitego…

Read More

Rayon Sports yakoze ihererekanya bubasha hagati ya komite icyuye igihe na komite nshya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukuboza 2024 ku biro bya Rayon Sports habaye ihererekanya bubasha hagati ya komite icyuye igihe yari ihagarariwe n’uwari Visi Perezida Roger Aimable NGOGA na komite nshya ihagarariwe na Perezida Thaddée TWAGIRAYEZU. Iri hererekanya bubasha ryakurikiwe no gushimira Patrick NAMENYE wari umunyamabanga wa Rayon Sports mu myaka…

Read More

Man city yaciye agahigo katari kakorwa n’indi kipe yo muri Premier League

Ikipe ya Manchester City yatangaje ko yaciye agahigo  katari kakorwa n’indi kipe yo muri  Premier League nyuma yo  kwinjiza arenga miliyoni 715 zama pound nk’inyungu mu mwaka w’imikino ushize .  Ishami rishinzwe icungamari mu ikipe ya Manchester city ryemeje ibi  rinavuga ko ryaishingiye kuri raporo z’imari za konti y’iyi kipe  zakozwe guhera mu ntangiriro mu…

Read More

Byatangajwe niba Kylian Mbappé azakina umukino Real Madrid ifite mu mpera z’iki Cyumweru

Ikipe ya Real Madrid igomba gukina umukino wa shampiyona muri izi mpera z’icyumweru idafite abakinnyi batanu bayobowe n’Umufaransa Kylian Mbappé wagize ikibazo cy’imvune ku mukino wa UEFA Champions League batsinzemo ikipe ya Atalanta yo mu gihugu cy’Ubutaliya ibitego bitatu kuri bibiri (3-2). Usibye Kylian Mbappé ufite amahirwe menshi yo kudakina uyu mukino wa shampiyona bazakinamo…

Read More