Nta wundi rutahizamu dukeneye : Mikel arteta [Ubusesenguzi]
Umunya- Esipanye utoza Arsenal witwa Mikel Arteta yatangaje ko nta gahunda afite yo kujya kugura abandi bakinnyi bakina nka rutahizamu nubwo ikipe bigaragara ko ifite iki kibazo nyuma yo kunganya na Everton ubusa ku busa bahushije uburyo bugana mu izamu 13 . Ifirimbi ya nyuma y’umwongereza Craig Pawson waraye usifuye umukino wa Arsenal na Everton…