Umunyezamu wa Mukura VS Sebwato Nicholas urwego rwe rukomeje kugirwaho angaruka n’imyitwarire mibi y’ikipe ye

Umunyezamu ukomoka mu gihugu cya Uganda Sebwato Nicholas wongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu mwaka wa 2023 mu ikipe ya Mukura VS bikomeje kutamugendekera neza muri iyi kipe nubwo yari umuzamu mwiza mu myaka mike ishize. Uyu muzamu yari yongereye amasezerano nyuma y’uko hari amakipe menshi yamwifuzaga ariko Mukura VS yemera ku muha asaga miliyoni 10…

Read More

Mykhailo Mudryk ushobora guhagarikwa imyaka ine adakina yagize icyo avuga ku byo aregwa

Umunya-Ukraine akaba na mababa w’ikipe ya Chelsea nyuma yo guhagarikwa by’agateganyo mu gukina umupira w’amagaru nk’uwabigize umwuga haba muri Chelsea ndetse n’ikipe y’igihugu ye ya Ukraine kubera gukoresha ibyongerambaraga bitemewe , kuri ubu yagize icyo abivugaho. Kuri uyu munsi wa tariki 17 Ukuboza 2024, nibwo ayamakuru yagiye ahagaragara gusa uyu musore yari amaze iminsi akorwaho…

Read More

Niyonzima Olivier “Sefu” yamaze gukurwa mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda iri kwitegura Sudani y’Epfo

Umutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya CHAN  Jimmy Mulisa yafashe icyemezo cyo gusezerera bamwe mu bakinnyi hitegurwa imikino ibiri [Ubanza n’uwo kwishyura] u Rwanda uruzahuramo n’ikipe y’igihugu ya Sudani y’Epfo. Abakinnyi basezerewe ni abakinnyi barindwi gusa icyatunguranye cyane ni ukuntu mu basezerewe harimo na Niyonzima Olivier “Sefu” umaze iminsi yitwara neza muri Rayon Sports….

Read More

Bombori bombori mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda iri gushaka itike ya CHAN 2025

Umutoza wungirije wa mbere mu ikipe y’ihugu y’u Rwanda “Amavubi” Rwasamanzi Yves  yatunguranye yanga gukomeza iyi mirimo nyuma y’uko Jimmy Mulisa yahawe gutoza ikipe y’igihugu mu mikino yo gushaka itike ya CHAN ya 2025 iri kwitegurwa. Mu minsi ishize nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Umudage Torsten Frank Spittler yerekeje iwabo ku mugabane w’iburayi aho…

Read More

Dore imibare y’igitangaza ya Ademola Lookman yatumye atwara igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Africa

Umunya-Nigeria Ademola Lookman kuri uyu wambere wa tariki 16 Ukuboza 2024, i Marrakesh muri Morocco yahafatiye igihembo cy’umukinnyi mwiza wa Africa ahigitse bagenzi be bane basigaye bari bahanganye. Uyu musore ukinira ikipe ya Atalanta mu gihugu cy’Ubutaliyani ni umwe mu bitwaye neza mu mwaka ushize w’imikino mu gutwara ibikombe ndetse no gutsinda ibitego. Yatwaye UEFA…

Read More

Mudasobwa iruta izindi (supercomputer) yatangaje abantu ikigero cy’amahirwe yahaye Manchester City mu kwegukana igikombe

Ikipe ya Manchester City ikomeje guhura n’uruhurirane rw’intsinzwi haba mu rugo ndetse no mu marushanwa mpuzamahanga. Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Manchester United muri iyi week-end ishize, ikipe ya Manchester City yahise irushwa na Liverpool amanota 9, ni mugihe kandi Liverpool ifite umukino w’ikirarane byumvikana ko mu gihe yawutsinda hahita hajyamo amanota 12. Nyuma y’intsinzwi,…

Read More

Premier League: Manchester City yatsinzwe na Manchester United,Pep Guardiola akomeza kwibazwaho

Ikipe ya Manchester United yatsinze ikipe ya Manchester City ibitego bibiri kuri kimwe(2-1), ku munsi wa 16 wa shampiyona y’Igihugu y’Abongereza bituma Pep Guardiola akomeza kwibazwaho. Ni umukino Manchester City yagiye gukina imaze gutsinda umukino umwe mu mikino 10 iheruka,[Umukino batsinzemo Nottingham Forest F.C ibitego bitatu ku busa], mu gihe Manchester United yo yari ikomeje…

Read More

Umuhanzi ukunzwe n’Abanyarwanda batari bake yagiriwe abahirwe yo kuzaririmba mu bihembo bya CAF

Umuhanzi w’Umunyatanzaniya Naseeb Abdul Juma Issack uzwi nka “Diamond Platnumz” ari mu bahanzi b’imena bazaririmba mu birori by’ibihembo by’impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa “CAF” biteganyijwe kuri uyu wa mbere tariki 16 Ukuboza 2024, mu gihugu cya Morocco. Ni ibihembo bizagaragaza umukinnyi mwiza w’umwaka wa 2023-2024, ukomoka ku mugabane w’Afurika nyuma y’uko icyabanjirije iki kizatangwa kegukanwe n’umunya-Nigeria…

Read More

Kiyovu Sports yongeye guhura n’ibibazo bishobora gutuma yongera kuregwa

Umutoza ukomoka mu gihugu Cy’Uburundi Joslin Bipfubusa watozaga Kiyovu Sports ntakiri umutoza wayo ndetse uyu mutoza bidatinze arazakurega iyi kipe byakwiyongera ku bindi bihano iyi kipe isanganywe. Byagenze bite Ku itariki ya 13 Ukuboza 2024, nibwo Joslin Bipfubusa yafashe ikemezo cyo gusezera ikipe ya Kiyovu Sports nyuma yibaruwa umuhagarariye witwa Kpkoudioue yandikiye iyi kipe ku…

Read More