Luis Diaz Yashyizwe hanze ku mukino wa gicuti kubera ibihuha byo kugurwa kwe – Arne Slot

Umutoza mushya wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko rutahizamu w’umunya-Colombia, Luis Diaz, atagaragaye mu mukino wa gicuti wabahuje na AC Milan kubera ibihuha bikomeje kumuvugwaho bijyanye nuko ashobora kugurwa na  Bayern Munich. Liverpool imaze kwanga igiciro cya miliyoni £58 cyatanzwe na Bayern kugira ngo ibashe kumwegukana, nyamara amasezerano ya Diaz muri Liverpool azarangira mu mpeshyi…

Read More

Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya

Ikipe ya Rayon Sports yegereje gusinyisha rutahizamu wa Rutsiro FC, Habimana Yves nyuma yo gutakaza Biramahire Abeddy nk’uko amakuru abyemeza. Tariki 06 Nyakanga 2025, nibwo Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano rutahizamu wari wabafashije mu mwaka ushize w’imikino, Biramahire Abeddy akaba yari yarasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu rutahizamu wabaye uwatsinze ibitego wa Kabiri mu ikipe…

Read More

Rayon Sports yatangaje gahunda y’imikino izakinira mu ntara

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ingengabihe y’icyumweru cyagenewe ibikorwa bitandukanye bireba iyi kipe bizaba birimo imikino ya gicuti ndetse n’umunsi wo kwerekana abakinnyi bashya izakoresha mu mwaka mushya w’imikino wa 2025-2026. Rayon Sports yari yaramaze gutangaza ko kuri Rayon Day izakina na Young Africans ndetse n’ibiciro byo kuri uyu mukino byamaze gushyirwa ahagaragara. Mu kiganiro…

Read More

João Félix akomeje kubura isoko!

Ikipe ya Chelsea igiye kwemera guhomba kugira ngo Umunya-Portugal Joao Felix asohoke muri iyi kipe y’umutoza Enzo Maresca nyuma yo kudatanga umusaruro. Uyu musore w’imyaka 25 mu mwaka ushize ni bwo yari yaratijwe mu ikipe ya AC Milan kugira ngo azamure urwego ariko birananirana. Chelsea yaguze Joao Felix mu mwaka 2024 yemera gutanga miliyoni £35…

Read More

Arsenal yegereje gusinyisha rutahizamu Viktor Gyökeres

Ikipe ya Arsenal iri hafi kurangiza igikorwa cyo gusinyisha rutahizamu w’Umusuwede, Viktor Gyökeres, ukinira Sporting CP yo muri Portugal, nyuma y’uko ibiganiro hagati y’impande zombi byatinzeho gato kubera ibijyanye n’amafaranga y’inyongera (add-ons). Nk’uko BBC Sport yabitangaje, amakuru y’ibanze y’iyi transfert agaragaza ko Arsenal yemeye gutanga miliyoni 73.5 z’ama-euro (£63.5m). Byari biteganyijwe ko uyu mukinnyi yaba…

Read More

Ni abahe batoza 10 beza b’ibihe byose mu mupira w’amaguru ?

Impaka ku batoza 10 beza b’ibihe byose muri ruhago, ahanini usanga zishingira ku bikorwa byagezweho, impinduka bagize ku mukino, igihe bamaze batoza ndetse n’ubuhanga mu mitegurire y’amakipe baba batoza. Uyu munsi Dailybox yaguteguriye urutonde rw’abatoza b’intoranywa mu beza babayeho mu mateka ya ruhago. Ni urutonde dusangamo abatoza basanzwe bo muri iki kiragano ndetse n’abakera mu…

Read More