Ruben Amorim yavuze niba Marcus Rashford azagaruka mu kibuga nyuma y’imikino ibiri atagaragara

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Ruben Amorim yavuze ko ku mukino uzakurikira Marcus Rashford na kora neza azagira amahirwe yo kubanza mu kibuga nyuma y’ibimaze iminsi bivugwa. Ibi uyu mutoza w’Umunya-Portugal abivuze nyuma yo kutitwara neza muri Carabao Cup aho yasezerewe na Tottenham Hotspur F.C ku bitego bine kuri bitatu (4-3), Manchester United ihita ina…

Read More

Munyakazi Sadate akomeje kwifatira ku gakanu ubuyobozi bwa Rayon sports

Rayon Sports, imwe mu makipe akomeye mu Rwanda, yongeye kugarukwaho mu itangazamakuru, nyuma y’amezi atari make atumvikanamo ibibazo by’amafaranga. Ubuyobozi bw’iyi kipe bwaragaragaje ibibazo by’amasezerano n’amafaranga yishyurwa, aho hari impaka zikomeye hagati ya Munyakazi Sadate, wahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports, n’ubuyobozi bw’iyi kipe buriho. Munyakazi Sadate, mu kiganiro na RADIOTV10, yatangaje ko asaba Rayon…

Read More

Manchester United iri kwifuza myugariro ukiri muto cyane !

Ikipe ya  Manchester United iri mu biganiro bigamije gusinyisha myugariro w’ikipe ya Cerro Porteno yo mu gihugu cya Paraguay witwa  Diego Leon. Amasezerano y’uyu musore w’imyaka 17, umaze kugaragara mu kibuga inshuro 19 agatsinda ibitego bibiri muri shampiyona y’icyiciro ya mbere ya Paraguay, bivugwa ko ifite agaciro ka miliyoni 6 zama pound, harimo n’inyongera ibizwi…

Read More

Ikipe ya Everton imaze gushyirwa mu biganza by’abaherwe bashya !

Mu kanya gashize , kompanyi y’abanyemerika yitwa Friedkin Group imaze  kugura  ikipe ya Everton, ikaba iyiguze n’umunyemari  w’umwongereza ufite ubwenegihugu bwa Irlande witwa Ardavan Farhad Moshiri wari uyifite kuva muri 2016. Bivugwa ko aya masezerano afite agaciro karenga miliyoni 400 zama pound ndetse kandi Everton ibaye ikipe ya 10 muri Premier League ifitwe n’abanyamerika . Iyi…

Read More

Imvune ikomeye ya Donnarumma yagiriye ku mukino wa Monaco yahahamuye abatari bake

Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) ikomeje guhirwa n’intangiriro za shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bufaransa (Ligue 1), ubwo yasangaga ikipe ya Monaco iwayo maze ikayihanyagirira ibitego bine kuri bibiri (4-2), gusa nayo yaje gutakaza umunyezamu wayo Gianluigi Donnarumma nyuma yo kugira imvune ikomeye yo mu isura. Iyi ntsinzi ikaba yahise ifasha Paris Saint Germain…

Read More

CHAN Q 2024 : Emery Bayisenge ntiyegeze ajyana n’abandi muri Sudan

Ikipe y’Igihugu “Amavubi” igizwe n’abakinnyi 25 yerekeje i Juba aho izakirirwa na Sudani y’Epfo mu mikino y’ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya CHAN 2024 idafite Emery Bayisenge wa Gasogi United kubera ikibazo cy’imvune. Mu bakinnyi bajyanye na yo ntiharimo Bayisenge Emery wavunitse, asimburwa na Nshimiyimana Yunusu. Yunussu asimbuye Emery muri iyi kipe igiye kwerekeza…

Read More

Muhire Kevin ashobora gusohoka muri Rayon sports isaha ku isaha

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin, ashobora gutandukana n’iyi kipe mu gihe isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rizaba rifunguye muri Mutarama 2025, bivugwa ko hari amakipe yo mu Bihugu by’Abarabu ari kumurambagiza, akaba anamaze igihe ari mu biganiro na yo. Amakuru yizewe ava mu kinyamakuru Kigali Today avuga ko Muhire yamaze kuganira n’ubuyobozi bwa Rayon…

Read More

Ruben Amorim yahaye umurongo ibyo gusohoka kwa Rashford muri Manchester united

Umutoza w’ikipe ya Manchester united yatangaje ko iyi kipe yishimiye kugira rutahizamu Marcus Rashford mu itsinda ry’abakinnyi mu gihe hamaze iminsi hacicikana amakuru menshi yerekeza uyu musore hanze y’iyi kipe . Rashford w’imyaka 27 , ku wa kabiri yatangaje ko yiteguye guhangana ndetse no gutera indi ntambwe nshya mu rugendo rwe rw’umupira w’amaguru byacaga amarenga…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Rachid Kalisa yaba yarasezeye umupira w’amaguru

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina hagati mu kibuga Rachid Kalisa yanyomoje amakuru yavugwaga ko yaba yarasezeye ku mupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ahamya ko ayo makuru ntaho ahuriye n’ukuri. Uyu mukinnyi uheruka gukina muri shampiyona y’u Rwanda akinira ikipe ya Rayon Sports ni umwe mu bakinnyi bakinnye bakagera ku gasongero muri ruhago y’u Rwanda ndetse yanyujijemo ajya no hanze…

Read More

Umushinga wo kugura Yawanendji-Malipangou muri Rayon Sports wamaze kugwamo inshishi

Umunya-Central African Republic w’imyaka 22 umaze igihe muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda Christian-Theodor Yawanendji-Malipangou yamaze kumvikana n’ikipe ya Jamus FC kuyerekezamo mu gihe byavugwaga ko yumvikanye na Rayon Sports. Mu minsi ishize nibwo ibitangazamakuru byinshi byakwirakwije amakuru avuga y’uko uyu musore wakiniraga Gasogi United yamaze kuba ayisezera ndetse ko yamaze kumvikana n’ikipe ya Rayon Sports…

Read More